Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2024
in World News
0
Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Bikubiye mu itangazo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 25/08/2024, aho ritanga impuruza ko mu birindiro by’iri huriro biri i Bunagana byagabweho igitero cy’ingabo za RDC gikoresheje indege ya Kajugujugu.

Muri iri tangazo rya AFC, rivuga ko indege y’intambara yo mu bwoko bwa Kajugujugu, ifite ibara rya gisirikare kandi y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahagana isaha zibiri z’iki gitondo cyo ku Cyumweru yabagabyeho igitero cyo mu kirere i Bunagana ahazwi nk’ibirindiro bikomeye mu bya politiki by’iri huriro rya AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Iri tangazo ritangira rigira riti: “Turamenyesha buri wese ko indege y’intambara y’ubutegetsi bwa Kinshasa yohonyoye uburenganzira bw’ikirere cyacu, muri iki gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 25/08/2024. Ibi bigize ukurenga kumugaragaro amasezerano yo guhagarika imirwano, ndetse kandi bigaragaza nu bushotoranyi butokwihanganirwa.”

Iri tangazo rinavuga kandi ko imiryango ikorera imbere mu gihugu na mpuzamahanga ari abahamya bibyabyaye i Bunagana.

Aha rero niho abasesenguzi bavuga ko ibi ari agasomborotso gakomeye kandi ko gashobora gutuma intambara irushaho gukomera.

Bwana Muhubiri Alex uri mu bahaye MCN ikiganiro nyuma y’uko AFC yarimaze gushyira itangazo hanze, maze nawe agira ati: Mwitegure ibigiye kuba, si byoroshye. Hagiye kumvikana imirwano ikazeho kuko RDC yagaragaje ko idashaka amahoro. Ikindi navuga buriya kuba AFC yavuze ngo ibi ni agasuzuguro ntubirebere aha hafi birabyara ibindi.”

Ku rundi ruhande ingabo za M23 kuri iki Cyumweru zafashe agace kitwa Kikuvo ko muri teritware ya Lubero. Ni nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zabagabyeho ibitero muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko habaye imirwano ikaze kandi yanumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, ariko ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zgabye ibi bitero ko byaje kurangira ziyabangiye ingata.

Hagati aho, impande zose zikomeje gushinjanya kurenga ku masezerano aho buri ruhande ruvuga ko urundi arirwo rwabanje kubagabaho ibitero.

            MCN.
Tags: AFCBunaganaIgitero cya KajugujuguM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

M23 yaburiye RDC yarenze ku masezerano y'agahenge ikayigabaho ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?