Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2024
in World News
0
Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

You might also like

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Bikubiye mu itangazo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 25/08/2024, aho ritanga impuruza ko mu birindiro by’iri huriro biri i Bunagana byagabweho igitero cy’ingabo za RDC gikoresheje indege ya Kajugujugu.

Muri iri tangazo rya AFC, rivuga ko indege y’intambara yo mu bwoko bwa Kajugujugu, ifite ibara rya gisirikare kandi y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahagana isaha zibiri z’iki gitondo cyo ku Cyumweru yabagabyeho igitero cyo mu kirere i Bunagana ahazwi nk’ibirindiro bikomeye mu bya politiki by’iri huriro rya AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Iri tangazo ritangira rigira riti: “Turamenyesha buri wese ko indege y’intambara y’ubutegetsi bwa Kinshasa yohonyoye uburenganzira bw’ikirere cyacu, muri iki gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 25/08/2024. Ibi bigize ukurenga kumugaragaro amasezerano yo guhagarika imirwano, ndetse kandi bigaragaza nu bushotoranyi butokwihanganirwa.”

Iri tangazo rinavuga kandi ko imiryango ikorera imbere mu gihugu na mpuzamahanga ari abahamya bibyabyaye i Bunagana.

Aha rero niho abasesenguzi bavuga ko ibi ari agasomborotso gakomeye kandi ko gashobora gutuma intambara irushaho gukomera.

Bwana Muhubiri Alex uri mu bahaye MCN ikiganiro nyuma y’uko AFC yarimaze gushyira itangazo hanze, maze nawe agira ati: Mwitegure ibigiye kuba, si byoroshye. Hagiye kumvikana imirwano ikazeho kuko RDC yagaragaje ko idashaka amahoro. Ikindi navuga buriya kuba AFC yavuze ngo ibi ni agasuzuguro ntubirebere aha hafi birabyara ibindi.”

Ku rundi ruhande ingabo za M23 kuri iki Cyumweru zafashe agace kitwa Kikuvo ko muri teritware ya Lubero. Ni nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zabagabyeho ibitero muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko habaye imirwano ikaze kandi yanumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, ariko ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zgabye ibi bitero ko byaje kurangira ziyabangiye ingata.

Hagati aho, impande zose zikomeje gushinjanya kurenga ku masezerano aho buri ruhande ruvuga ko urundi arirwo rwabanje kubagabaho ibitero.

            MCN.
Tags: AFCBunaganaIgitero cya KajugujuguM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails
Next Post
M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

M23 yaburiye RDC yarenze ku masezerano y'agahenge ikayigabaho ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?