• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

minebwenews by minebwenews
August 25, 2024
in World News
0
Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Bikubiye mu itangazo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC ryashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 25/08/2024, aho ritanga impuruza ko mu birindiro by’iri huriro biri i Bunagana byagabweho igitero cy’ingabo za RDC gikoresheje indege ya Kajugujugu.

Muri iri tangazo rya AFC, rivuga ko indege y’intambara yo mu bwoko bwa Kajugujugu, ifite ibara rya gisirikare kandi y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahagana isaha zibiri z’iki gitondo cyo ku Cyumweru yabagabyeho igitero cyo mu kirere i Bunagana ahazwi nk’ibirindiro bikomeye mu bya politiki by’iri huriro rya AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Iri tangazo ritangira rigira riti: “Turamenyesha buri wese ko indege y’intambara y’ubutegetsi bwa Kinshasa yohonyoye uburenganzira bw’ikirere cyacu, muri iki gitondo cyo ku Cyumweru, itariki ya 25/08/2024. Ibi bigize ukurenga kumugaragaro amasezerano yo guhagarika imirwano, ndetse kandi bigaragaza nu bushotoranyi butokwihanganirwa.”

Iri tangazo rinavuga kandi ko imiryango ikorera imbere mu gihugu na mpuzamahanga ari abahamya bibyabyaye i Bunagana.

Aha rero niho abasesenguzi bavuga ko ibi ari agasomborotso gakomeye kandi ko gashobora gutuma intambara irushaho gukomera.

Bwana Muhubiri Alex uri mu bahaye MCN ikiganiro nyuma y’uko AFC yarimaze gushyira itangazo hanze, maze nawe agira ati: Mwitegure ibigiye kuba, si byoroshye. Hagiye kumvikana imirwano ikazeho kuko RDC yagaragaje ko idashaka amahoro. Ikindi navuga buriya kuba AFC yavuze ngo ibi ni agasuzuguro ntubirebere aha hafi birabyara ibindi.”

Ku rundi ruhande ingabo za M23 kuri iki Cyumweru zafashe agace kitwa Kikuvo ko muri teritware ya Lubero. Ni nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zabagabyeho ibitero muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko habaye imirwano ikaze kandi yanumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, ariko ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zgabye ibi bitero ko byaje kurangira ziyabangiye ingata.

Hagati aho, impande zose zikomeje gushinjanya kurenga ku masezerano aho buri ruhande ruvuga ko urundi arirwo rwabanje kubagabaho ibitero.

            MCN.
Tags: AFCBunaganaIgitero cya KajugujuguM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

M23 yaburiye RDC yarenze ku masezerano y'agahenge ikayigabaho ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?