• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Nigeria: Abasirikare barenga 10 bapfuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2025
in World News
0
Nigeria: Abasirikare barenga 10 bapfuye.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nigeria: Abasirikare barenga 10 bapfuye.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Abasirikare icumi nababiri(12) ba guverinema ya Nigeria biciwe mu gitero iki gisirikare cyagabweho n’abantu baje bitwaje intwaro mu burengerazuba bw’iki gihugu.

Ni amakuru yatangajwe n’igisirikare cya Nigeria, aho cyagaragaje ko ingabo zabo zagabweho igitero gitunguranye mu burengerazuba bwa Nigeria kigahitana abasirikare 12.

Iki gitero cyakozwe ku wa gatanu, kandi kigabwa mu gace gaherereye ku mupaka ukunzwe kugabwaho ibitero by’intagondwa.

Igisirikare kandi cyagaragaje neza ko ahagabwe iki gitero ko ari ahitwa Sakoira, ahaba ikigo cy’umutwe w’Ingabo za Nigeria udasanzwe, akaba ari hafi y’umupaka ugabanya Nigeria na Mali ndetse na Burknafaso.

Igisirikare cyakomeje kivuga ko abagabye iki gitero ko ari “abaterabwoba.”

Ibyo bibaye mu gihe kandi mu kwezi gushyize, igitero kandi cyagabwe n’umutwe w’abajihadiste, bakigaba mu karere ko kumupaka gihitana abantu 44 b’abasivili. Icyo gihe nabwo igisirikare cya Nigeria cyashinje Leta ya kiyisilamu yo muri Sahara kuba inyuma y’icyo gitero.

Nigeria kimwe n’ibihugu byibituranyi, ubwo ni Mali na Burknafaso, bamaze imyaka isaga 10 bahanganye n’imitwe yitwaje intwaro harimo ikorana byahafi na Al-Qaida na Leta ya kiyisilamu.

Nyuma yihirikwa ry’ubutegetsi muri ibi bihugu uko ari bitanu mu myaka yavuba ishyize, abategetsi bari k’ubutegetsi birukanye ingabo z’u Bufaransa maze bitabaza imitwe y’abacanshuro y’u Burusiya kugira ngo babafashe .

Ubundi kandi ibihugu bitanu kandi byiyemeje gushimangira umubano mushya wiswe Allience d’Etat du Sahel nyuma yo kuva muri CEDEAO.

Tags: abasirikareNigeria
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?