Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

None tariki 31/12/2023, abanyekongo, bahamagariwe, kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi Chapwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 31, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u wa Gatandatu, tariki 30/12/2023, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi Chapwe, rya menyesheje abayoboke baryo kw’itegurira intsinzi y’umukandida wabo, k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, uy’u munsi, tariki ya 31/12/2023.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’ibyatangajwe n’umuvugizi wiri Shyaka rya Ensemble pour La République, bwana Olivier Kamitatu, aho yagize ati: “K’u munsi wo kw’itariki 31/12/2023, abanyekongo mwese mu hamagairiwe kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi, umuhango nyirizina uzabera ku biro bikuru by’a Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.”

Uy’u muvugizi ya namenyesheje ko igihe abashinzwe gutegura Amatora (CENI), ‘botangaza undi utari Moïse Katumbi,’ ko muricyo gihe abanyekongo batazemera ibya tangajwe ndetse ko bitazihanganirwa.

Ati: “Igihe CENI, yo kwibesha igatangaza undi utari Moïse Katumbi, icyo gihe nti tuzabyemera nagato. Uwo abanyekongo bitoreye turamuzi ni Moïse Katumbi.”

Ibi babitangarije abanyekongo, mu gihe CENI, yari yamenyesheje ko k’u Cyumweru, tariki 31/12/2023, iri buze gutangaza amajwi y’agateganyo k’u mwanya w’umukuru w’igihugu.

Gusa nk’uko Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yagiye itangaza amajwi, kuva k’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 23/12/2023, kandida nimero 20 Félix Tshisekedi, bya garagaye ko yarushije abandi ba kandida amajwi.

Aribyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bitako ari ubujura bukomeye CENI, ya koresheje. Ni kenshi abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bagiye bumvikana basaba ko Amatora agomba gusubirwamo ndetse bagasaba ko uhagarariye Komisiyo y’Amatora Denis Kadima, afungwa.

Mu bya garagaye muri ay’Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yerekanye ko mu majwi imiliyoni 10 ari amajwi ya perezida Félix Tshisekedi,mugihe 2,5 ar’iyo ya Moïse Katumbi, uza k’umwanya wa Kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIntsinzi ya Moïse Katumbi ChapweOlivier Kamitatu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Ndayishimiye, w'u Burundi, yafashe iyambere gushimira Tshisekedi, ko yegukanye intsinzi, k'u rundi ruhande agahinda nikenshi i Goma.

Comments 1

  1. Chantalnyakirindo says:
    2 years ago

    Izomana twozibona

    Ngo Katumbi atambuke?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?