• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

None tariki 31/12/2023, abanyekongo, bahamagariwe, kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi Chapwe.

minebwenews by minebwenews
December 31, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u wa Gatandatu, tariki 30/12/2023, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi Chapwe, rya menyesheje abayoboke baryo kw’itegurira intsinzi y’umukandida wabo, k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, uy’u munsi, tariki ya 31/12/2023.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’ibyatangajwe n’umuvugizi wiri Shyaka rya Ensemble pour La République, bwana Olivier Kamitatu, aho yagize ati: “K’u munsi wo kw’itariki 31/12/2023, abanyekongo mwese mu hamagairiwe kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi, umuhango nyirizina uzabera ku biro bikuru by’a Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.”

Uy’u muvugizi ya namenyesheje ko igihe abashinzwe gutegura Amatora (CENI), ‘botangaza undi utari Moïse Katumbi,’ ko muricyo gihe abanyekongo batazemera ibya tangajwe ndetse ko bitazihanganirwa.

Ati: “Igihe CENI, yo kwibesha igatangaza undi utari Moïse Katumbi, icyo gihe nti tuzabyemera nagato. Uwo abanyekongo bitoreye turamuzi ni Moïse Katumbi.”

Ibi babitangarije abanyekongo, mu gihe CENI, yari yamenyesheje ko k’u Cyumweru, tariki 31/12/2023, iri buze gutangaza amajwi y’agateganyo k’u mwanya w’umukuru w’igihugu.

Gusa nk’uko Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yagiye itangaza amajwi, kuva k’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 23/12/2023, kandida nimero 20 Félix Tshisekedi, bya garagaye ko yarushije abandi ba kandida amajwi.

Aribyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bitako ari ubujura bukomeye CENI, ya koresheje. Ni kenshi abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bagiye bumvikana basaba ko Amatora agomba gusubirwamo ndetse bagasaba ko uhagarariye Komisiyo y’Amatora Denis Kadima, afungwa.

Mu bya garagaye muri ay’Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yerekanye ko mu majwi imiliyoni 10 ari amajwi ya perezida Félix Tshisekedi,mugihe 2,5 ar’iyo ya Moïse Katumbi, uza k’umwanya wa Kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIntsinzi ya Moïse Katumbi ChapweOlivier Kamitatu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Ndayishimiye, w'u Burundi, yafashe iyambere gushimira Tshisekedi, ko yegukanye intsinzi, k'u rundi ruhande agahinda nikenshi i Goma.

Comments 1

  1. Chantalnyakirindo says:
    2 years ago

    Izomana twozibona

    Ngo Katumbi atambuke?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?