• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

None tariki 31/12/2023, abanyekongo, bahamagariwe, kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi Chapwe.

minebwenews by minebwenews
December 31, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u wa Gatandatu, tariki 30/12/2023, i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi Chapwe, rya menyesheje abayoboke baryo kw’itegurira intsinzi y’umukandida wabo, k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, uy’u munsi, tariki ya 31/12/2023.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe n’umuvugizi wiri Shyaka rya Ensemble pour La République, bwana Olivier Kamitatu, aho yagize ati: “K’u munsi wo kw’itariki 31/12/2023, abanyekongo mwese mu hamagairiwe kwizihiza intsinzi ya Moïse Katumbi, umuhango nyirizina uzabera ku biro bikuru by’a Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.”

Uy’u muvugizi ya namenyesheje ko igihe abashinzwe gutegura Amatora (CENI), ‘botangaza undi utari Moïse Katumbi,’ ko muricyo gihe abanyekongo batazemera ibya tangajwe ndetse ko bitazihanganirwa.

Ati: “Igihe CENI, yo kwibesha igatangaza undi utari Moïse Katumbi, icyo gihe nti tuzabyemera nagato. Uwo abanyekongo bitoreye turamuzi ni Moïse Katumbi.”

Ibi babitangarije abanyekongo, mu gihe CENI, yari yamenyesheje ko k’u Cyumweru, tariki 31/12/2023, iri buze gutangaza amajwi y’agateganyo k’u mwanya w’umukuru w’igihugu.

Gusa nk’uko Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yagiye itangaza amajwi, kuva k’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 23/12/2023, kandida nimero 20 Félix Tshisekedi, bya garagaye ko yarushije abandi ba kandida amajwi.

Aribyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bitako ari ubujura bukomeye CENI, ya koresheje. Ni kenshi abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bagiye bumvikana basaba ko Amatora agomba gusubirwamo ndetse bagasaba ko uhagarariye Komisiyo y’Amatora Denis Kadima, afungwa.

Mu bya garagaye muri ay’Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, yerekanye ko mu majwi imiliyoni 10 ari amajwi ya perezida Félix Tshisekedi,mugihe 2,5 ar’iyo ya Moïse Katumbi, uza k’umwanya wa Kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIntsinzi ya Moïse Katumbi ChapweOlivier Kamitatu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ndayishimiye, w'u Burundi, yafashe iyambere gushimira Tshisekedi, ko yegukanye intsinzi, k'u rundi ruhande agahinda nikenshi i Goma.

Comments 1

  1. Chantalnyakirindo says:
    2 years ago

    Izomana twozibona

    Ngo Katumbi atambuke?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?