Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ntako atagira ngo afashe abo muri teritware ya Uvira, ariko benshi banze ko az’iyamamariza k’ubutaka bwa Uvira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bigenda bitera imbere, Dynamique, ishirahamwe ryatangijwe na Minisitiri Alexis Gisaro Muvunyi, (AGM), ikomeje kw’iyubaka arinako ifasha abaturage bo mubice bigize teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru avuga ko tariki 19 /10/2023, ku Cyicaro gikuru c’ir’ishirahamwe, i b’Uvira, kwariho intumwa z’abayobozi ba AGM, bakiriye abayobozi Gakondo, bo mubwoko bw’Abapfulero bakunze kwita ba “Notable,” aba ahanini bagiye bava mukarere ka Masango, mu misozi mireremire ya Uvira.

Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiye n’uko ziriya ntumwa zo mubwoko bw’Abapfulero, zaje z’iyobowe n’uwitwa Chef Ruhanika, baje kubonana n’abahuza bikorwa ba Dynamique Alexis Gisaro Muvunyi, bakorana ikiganiro byavuzwe ko cyamaze umwanya munini aho baje gusinyana amasezerano y’ubufatanye. N’amasezerano byavuzwe ko harimo gushigikira Alex Gisaro, mu Matora y’abadepite ateganijwe kuba mu minsi mike irimbere muriki gihugu ca RDC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Gisaro ari umukandinda k’ubu Depite k’urwego rw’i Ntara, ariko ngo azatorerwa muri teritware ya Uvira.

Iz’intumwa za AGM, bakaba barahaye ba Notables, murwego rwokubashimira Isekuru yoguhura ibigori( Moulin).

N’ubwo bigaragara ko Ministre Alexis Gisaro Muvunyi arimo ariyubaka ndetse akaba akora iyo bwakaba ngo afashe abo muri teritware ya Uvira, abandi n’abo bo m’ubwoko bwa b’Apfulero bavugako atangomba gukandagira k’ubutaka bwabo muri Uvira.

Aba batamushaka ban’umvikanye bavuga ko adakwiye kw’iyamamariza muri aka gace ka Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.

By Bruce Bahanda.

Tags: Ariko benshi muribo banze ko az'iyamamariza k'ubutaka bwa UviraNtako atagira ngo afashe abo muri teritware ya Uvira
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano ikomeye yongeye kubura ay'amasaha y'ijoro, hagati ya M23 n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?