• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

“Nubwo FARDC n’abambari bayo bari kwangiza iby’Abanyamulenge, Twirwaneho ibarwanirira ihagaze kigabo”-ubuhamya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 29, 2025
in Conflict & Security
0
“Nubwo FARDC n’abambari bayo bari kwangiza iby’Abanyamulenge, Twirwaneho ibarwanirira ihagaze kigabo”-ubuhamya
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Nubwo FARDC n’abambari bayo bari kwangiza iby’Abanyamulenge, Twirwaneho ibarwanirira ihagaze kigabo”-ubuhamya

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zikomeje kwangiza ibikorwa remezo biri ahatuye Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nyamara umutwe wa Twirwaneho ubarwanirira ukomeje kuhagarura amahoro n’ituze kuva wahigarurira.

Uyu munsi ku wa mbere tariki ya 29/09/2025, drone y’Ingabo za RDC yateye kandi ibisasu mu duce two mu misozi miremire y’i Mulenge ituyeho Abanyamulenge.

Nk’uko amakuru abigaragaza neza ibi bisasu byatewe mu Mikenke mu birometero nka cyenda uvuye muri centre ya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Minembwe Capital News yamenye ko biriya bisasu byaguye mu mazu biranayangiza, ariko ku bw’amahirwe, yari amazu adatuwemo.
Twanasobanuriwe ko ibyo bisasu byari bibiri, byo mu bwoko bw’amakompola.

Muri uku kwezi gushize kwa munani, na bwo yahagabye ibitero, kandi ibihagaba mu bihe bitandukanye.
Muri byo hari byangije ibikorwa remezo by’abatura nk’amashuri n’ibindi, ndetse kandi byangiza n’imyaka yabo.

Umwe mu baherereye muri ibyo bice yatubwiye ko nubwo Leta y’i Kinshasa ishaka kubarimburana n’ibyabo, ariko ko umutwe wa Twirwaneho ubarwanirira ukomeje kubarinda kandi ko ntako utagira mu kabaheshya amahoro n’ituze.

Yanavuze ko basigaye baryama bagasinzira, kandi ko no gutembera ijoro nabyo babikora. Ibi bikaba bitandukanye n’igihe ibi bice byagenzurwaga n’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zirimo FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Icyo gihe nta Munyamulenge wisanzuraga, ngwabe yatembera ijoro, cyangwa ngwa kore ingendo mu Minembwe na Mikenke.
Nuwagerageza kubikora yaricwaga, cyangwa agakorerwa ubundi bugizi bwa nabi burimo no gufungwa.

Umutwe wa Twirwaneho wafashe igice cya Mikenke tariki ya 22/02/205, ni mu gihe tariki ya 21/02/2025, yari yigaruriye umujyi wa Minembwe wose.

Hari nyuma yo kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC mu birindiro zagiraga muri ibyo bice byombi.
Kuva icyo gihe abaturage bahise batangira guhindurirwa amateka, binjira mu bihe byo kwisanzura no kwiyumva mu gihugu cyabo.

Nubwo bagabwagaho ibitero kenshi, ariko uyu mutwe ubisubiza inyuma ukoresheje imbaraga za gisirikare no kwirwanaho.

Ikindi abaturage bashimira Twirwaneho, n’uko basigaye basuhura Inka, dore ko Abanyamulenge hafi yabose ari abarozi bazo.

Nk’ubu Inka ziragiriwe ahatandukanye mu Mibunda, mu Lulenge n’ahandi.

Ibi bikomeje gutuma Twirwaneho ifatwa nk’umucyunguzi wabo, haba kubari mu gihugu n’abari hanze yacyo, kabone n’ubwo hatobura abatayumva, ariko nibake mu Banyamulenge nabo bafatwa nk’ibivume, nk’uko Abanyamulenge bukuri bakunze kubitangaza.

Tags: AbanyamulengeamahoroMinembweTwirwaneho
Share51Tweet32Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo : Wazalendo basubiranyemo abatari bake bahasiga ubuzima abandi benshi barakomeretswa

Imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na M23 iri kubera mu duce two muri Rutshuru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?