• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyanduhura uri mu barokotse ubwicanyi bwa Gatumba, yatanze ubuhamya bukomeye.

minebwenews by minebwenews
August 13, 2024
in Uncategorized
0
I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyanduhura uri mu barokotse ubwicanyi bwa Gatumba, yatanze ubuhamya bukomeye.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Hari mu cy’unamo cy’Abanyamulenge baguye mu Gatumba, cyabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13/08/2024, aho Nyanduhura uri mu barokotse ubwo bwicyanyi, yagitanzemo ubuhamya bubabaje i Nakivale mu Gihugu cya Uganda.

Nyanduhura watanze ubu buhamya yatangiye avuga ko amaze imyaka 5 mu gihugu cya Uganda, nyuma y’uko yari avuye i Burundi aho yari amaze igihe kirekire atuye kuva mbere y’uko Abanyamulenge bicwa mu Gatumba.

Ariko avuga ko kuva yagera Uganda yari atarabonaho bakora icyunamo nk’iki, bityo ngo bikaba byaramubabaje.

Yagize ati: “Ariko n’iki ubundi cyatumaga mudakora icyunamo cy’abaguye mu Gatumba?. Ibyo byarambabaje simbahisha, ariko na sabye ko cyoza gikorwa, rero mwatangiye kugikora ndabibashimiye.”

Yakomeje agira ati: “Abadakora icyunamo n’inde wa baroze mw’abagabo mwe?” Ibi yabivuze mu gihe n’ubundi i Nakivale hasanzwe hari za Mutualite zibiri, imwe muri izi niyo yateguye uku kw’ibuka, mu gihe indi yo yigize ntibindeba.

Nyanduhura yakomeje avuga ko “iwe ari umucika cyumu, kandi ko ubwicanyi bwa Gatumba bwabaye ahari, ndetse avuga ko kuba yararokotse bivuze ko Imana imufiteho umugambi mwiza.

Yavuze ko “ubwo bari aha mu Gatumba, avuye ku ishuri, hari umwana wababwiye ko hari aba Maï Maï baje kwica Abanyamulenge.

Ati: “Umunsi bateraga inkambi y’impunzi ya Gatumba, hari umwana wari watubwiye ngo dore Maï Maï bari mu idirishya kandi baje ku twica. Ariko twarimo tubisuzugura.”

Ariko mbere y’uko ubwicanyi buba habanje kuza umusaza, ahamagara abapasiteri, ababwira ko Imana yamubwiye ngo Abanyekongo bahunge iy’i nkambi. Ariko impunzi zivuga ko uwazanye ubwo butumwa afite inzara, bityo ko agomba guhabwa ifu y’agahunga. Iy’ifu bavugaga kuyiha uwo musaza mu rwego rwo kugira ngo abave mu maso kuko batinyaga ko amagambo ye yo sambura inkambi.

Ubuhamya bwa Nyanduhura bukomeza buvuga ko “kugira ngo ababishe batangire kurasa babanje kuririmba, ndetse baranasenga bavuga bati: ubu bwoko Mana twabugusabye kenshi, none turagushimiye ko ubutugabije, muri ako kanya bavuza ifirimbi ari nabwo bahise batangira kurasa.”

Nyanduhura yanavuze ko we ubwo yari agiye guhunga yaguye mu isafuriya iranamukomeretsa.

Ati: “Maze kumva amasasu, narirutse, nza kugwa mu isafuriya, irankomeretsa. Twumvaga umuntu aratatse, akavuga ngo barandashe, nyuma ntiwongere kumva avuga.

Benshi mu bo nzi, barimo uwitwa Asikofu n’abandi ntorangiza kuvuga amazina. Hari abarashwe bacika amaguru abandi amaboko tutaretse abaguye aho. Na mama wanjye yararashwe.

Abarimo baturasa bari bafite ibitoroshyi binini batungaga, bakabona abantu bose uko bari guhunga, arinako barimo bakomeza kubica bamwe bakabatwikira mu mahema, abandi bakabakorera ibyamfura mbi n’ibindi.”

Yanavuze kandi ko
abarimo babica ko barimo bavuga ururimi rw’ikibembe, igipfulero ndetse n’ikirundi.

Kandi ko barimo bagaragara bambaye impu z’udusheri, bafite n’amacumu ndetse n’imbunda n’imipanga.

Nyanduhura rero, yarangije avuga ko Isi ni daha ubutabera Abanyamulenge bafite ababo baguye mu Gatumba , Imana yo izabutanga.

Ati: “Kugeza ubu ntiturabona ubutabera, kandi abatwiciye barahari, baridegembya. Isi ni taduha ubutabera, kubera ko twizeye Imana yo mu juru izaduhorera kandi izaduha ubwo butabera.”

               MCN.
Tags: GatumbaUbuhamya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe impamvu Perezida Tshisekedi wa RDC yishimiye imyanzuro iheruka gufatirwa i Luanda.

Havuzwe impamvu Perezida Tshisekedi wa RDC yishimiye imyanzuro iheruka gufatirwa i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?