Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyangenzi ngwiratekanye nyuma yuko Mitualité ya Banyamulenge n’u buyobozi bwa Groupement ya Karhogo bahagurutse gukemura amakimbirane yari yavutse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa Groupement ya Karhogo i Nyangenzi bafatanije na Mitualité ya Banyamulenge, batumye akarere gatekana nyuma yuko Wazalendo bi basiriye Abanyamulenge.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 7:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kumunsi w’ejo hashize tariki 31/07/2023, i Nyangenzi, homuri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, ubuyobozi bwatekanishije aka karere ni nyuma yuko abo mu mutwe Wazalendo bazanye umwuka mubi i Nyangenzi, aho bashakaga kurwanya Abanyamulenge ba baziza ikibanza (Parcel).

Nkuko ayamakuru abivuga nuko “umunyamulenge yaguze ikibanza kiri muri Quartie ya Camp Poste, akimara ku kigura Wazalendo bahise batangaza ko iki kibanza kitazubakwamo n’umunyamulenge,” ibi byakuruye imanza kugeza ubwo byajanwe mubuyobozi bwa Groupement ya Karhogo, ubu buyobozi bwanzuye ko umunyamulenge yubaka ikibanza kuko yarafite ibyangombwa yuko yahaguze.

Izi manza zikaba zari zimaze igihe kirekire bigeze kuruyu wa Mbere ho Wazalendo bashimuta abari bazanwe kubaka murico kibanza maze habaho gushamirana hagati ya Wazalendo na Banyamulenge.

Ubwo Wazalendo bari bamaze gufata imipanga ngo barwanye abanyamulenge, nibwo ubuyobozi bwa Groupement ya Karhogo muri Nyangenzi, bahamagaje ukuriye Wazalendo muri Bukavu, kumurwa mukuru w’intara ya Kivu yamajy’Epfo, uyu niwe wakemuye aya makimbirane.

Nkuko twabibwiwe kuri Minembwe Capital News, ati: “Nyuma yuko umwuka mubi wiyongereye muri Nyangenzi, hagati ya Wazalendo na Banyamulenge, ubuyobozi bwahamagaje ukuriye Wazalendo i Bukavu. Uyu muyobozi wa Wazalendo yarahageze ababwira ko mubyo Wazalendo bashinzwe hatarimo ibi Banza asaba abantu gutekana nokubaka.”

Twabibutsa ko ubuyobozi bwa Mitualite ya Banyamulenge i Nyangenzi, bagize uruhare runini kugira ngo uwo mwuka mubi uhagarare nimugihe bari bafatanije nu buyobozi bwa Groupement ya Karhogo.

Umukuru wa Wazalendo ukuriye Bukavu, yahise ategeka ingabo ze kuva mubyo barimo bagakora inshingano zabo. Aha niho ukuriye Groupement ya Karhogo, yasezeranije Abanyamulenge kubashakira umutekano ndetse abategeka no Kubaka ico kibanza nkuko nubundi bari batangiye kucubaka.

Kurubu ako karere kakaba gasa nagatekanye nkuko twabibwiwe kuri Minembwe Capital News.

Tags: AmakimbiraneBanyamulengeGroupement ya KarhogoNyangenziWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Niger, ngoyaba igiye kubamo intambara ikomeye mugihe ibihugu birenga bitatu, byiyemeje kuyitabara mugihe CEDEAO ya yishoraho urugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?