Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyarugabo yamaganye Leta y’i Kinshasa nyuma y’igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 13, 2025
in Regional Politics
0
Nyarugabo yamaganye Leta y’i Kinshasa nyuma y’igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyarugabo yamaganye Leta y’i Kinshasa nyuma y’igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Moïse Nyarugabo wahoze ari senateri, ndetse akaba yarabaye n’umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yamaganye ikirego cya visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Epfo wari watangaje ko Fardc yagabye igitero mu Minembwe ikoresheje Sukhoi-25, ngo kubera ko muri ibyo bice hari hoherejwe inkunga y’ibikoresho bya gisirikare y’umutwe wa m23.

Nyarugabo yamaganye ibi kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/03/2025, aho yavuze ko nta ndege zigeze zigwa mu Minembwe zizanye ibikoresho by’intambara, hubwo ko ibyatangajwe na visi guverineri ari ibinyoma byambaye ubusa!

Yavuze kandi ko nta bantu baje gufasha umutwe wa Twirwaneho na Red-Tabara muri Minembwe.
Ati: “Ndemeza ko nta ndege yigeze igwa ku kibuga cy’indege cya Minembwe, yaba iyahaguye cyangwa iyasenywe. Ndemeza kandi ko nta muntu n’umwe wa m23 uri mu Minembwe, nta muzima cyangwa uwishwe.”

Nyarugabo kandi yavuze ko nta n’umusirikare wa FARDC uri mu Minembwe, ngo kuko bahunze muri iki gice kuya 21/02/2025.

Yakomeje agira ati: “Ndasaba guverinoma, na visi guverineri gutanga ibimenyetso bivuga ibitundukanye, nibyo navuze haruguru.”

Yakomeje gushinja ingabo za Leta gutera ibisasu ahantu hatuwe n’abasivili muri Minembwe muri iki cyumweru turimo.

Ati: “Ibi byose ni ubukangurambaga busuzuguritse bwo guha inshingiro icyaha cya Leta cy’intambara cyo kohereza indege zitagira abadereva n’indege z’intambara kugira ngo zitere ibisasu ku baturage no mu mihana batuyemo.”

Tags: AbanyamulengeKinshasaNyarugaboYamaganye
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Aramukiye i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo ahiriwe imirwano ku munsi w’ejo hashyize.

I mihana y'Abanyamulenge iri mu nkengero za komine ya Minembwe yagabwemo ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?