• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma ya Kanyabayonga nta kuruhuka, M23 yabohoje utundi duce twinshi, kandi twingenzi.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma ya Kanyabayonga nta kuruhuka, M23 yabohoje utundi duce twinshi, kandi twingenzi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma ya Kanyabayonga nta kuruhuka, M23 yabohoje utundi duce twinshi, kandi twingenzi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni mu masaha make yashize yo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29/06/2024, umutwe wa M23 wafashe ibindi bice biri mu nkengero za Kanyabayonga, nayo yabohojwe ku mugoroba wo ku wa Gatanu, ibohojwe n’izi ngabo zikomeje kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko M23 nyuma yaho y’igaruriye i Centre y’ingenzi yo muri teritware ya Rutshuru, ya Kanyabayonga, ntiyigeze iruhuka kuko igihe c’isaha ya saa tanu zo kuri uyu wa Gatandatu yafashe ibindi bice birimo Kasando, yari ibirindiro bikomeye by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, na SADC).

Aka gace ka Kasando gaherereye muri Grupema ya Kirumba, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru; ntibyagarukiye aho, kuko M23 yaje gukomeza ifata n’akandi gace ka Luofu, ko gaherereye muri Kaina, aho ndetse iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ryahise rihunga muri aka gace, bituma Kaina yose iza gufatwa na M23.

Kaina ikaba yo, iherereye mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Kanyabayonga.

Gusa abaturage bakomeje guhunga mu buryo buri ku kigero kiri hejuru cyane, bamwe bahungira mu duce twamaze kubohozwa na M23 mu gihe abandi bahunga bagana mu bice byerekeye i Goma.

M23 yongeye gukaza umurego wo gufata ibindi bice, mu gihe minisitiri w’intebe wa RDC, Judith Suminwa, yari aheruka gutangaza ko ingabo z’igihugu cye zigiye kwirukana M23 mu bice yabohoje. Ibi yabivuze kandi mu gihe SADC nayo ubwayo yari yongereye ingabo mu Burasirazuba bwa RDC, mu rwego rwo kugira ngo ubufatanye bw’Ingabo za RDC na SADC burushyeho kugira mbaraga mu ku rwanya M23.

          MCN.
Tags: KainaKirumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, ryasezeranije Abanyakongo batataniye hirya no hino, ibintu bikomeye.

Ihuriro ry'imitwe ya politiki n'igisirikare rya AFC, ryasezeranije Abanyakongo batataniye hirya no hino, ibintu bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?