• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma ya perezida w’u Burundi undi muyobozi wo hejuru muri iki gihugu yahishyuye ibindi bikaze.

minebwenews by minebwenews
October 12, 2024
in Uncategorized
0
Nyuma ya perezida w’u Burundi undi muyobozi wo hejuru muri iki gihugu yahishyuye ibindi bikaze.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma ya perezida w’u Burundi undi muyobozi wo hejuru muri iki gihugu yahishyuye ibindi bikaze.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ni umuvugizi w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Rosine Guilene Gatoni, aho yakoresheje urubuga rwe rwa x agaragaza ko igihugu cy’u Burundi ari “Umurima w’Imana.” Ndetse ashyira n’amashusho hanze yabimwe mu bihingwa, avuga ko nta handi byera cyane ku Isi atari mu gihugu cyabo, ariko ibi ntibyari ukuri kuko ayo mashusho yerekanye yafatiwe mu bindi bihugu bitari mu Burundi.

Mu busanzwe Abarundi bari bamenyereye imvugo za perezida Evariste Ndayishimiye, kuko mu minsi ishize yagiye avuga ibintu bitandukanye akabigaragaza nk’aho aba yabihishyuriwe. Hari ubwo yavuze ko “ubwato bwa Nowa” uwo dusanga muri Bibiliya, avuga ko bw’u bakiwe i Burundi ahitwa mu Giheta, ngo haza kuza umwuzure urimo umuyaga mwinshi, birangira bwa bwato cya gihuhusi ki bujanye muri Israel, maze ngo abari muri bwo bwato batangira kwitiranya inzuzi zo mu Burundi n’izo muri Israel.

Yaje kandi kongera kuvuga ko “Edeni ivugwa mu gitabo cy’Itangiriro cyo muri Bibiliya iri mu Burundi” ariko agaragaza ko impamvu abantu batabimenya ngo n’uko Imana yazanye abamalayika kuyirinda, bityo abantu bagasa na bahumye amaso ntibamenye ukuri kwabyo.

Yagize ati: “Edeni mwumva ivugwa muri Bibiriya ni igihugu cy’u Burundi, ariko impamvu abantu batabimenya n’uko Imana yayishyizemo abamalayika bo ku yirinda. Babahuma amaso ntimuhishyurirwe ukuri.”

Ni muri ubwo buryo umuvugizi wa perezida Evariste Ndayishimiye, Rosine Guilene Gatoni nawe tariki ya 10/10/2024 yakoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter avuga ko u Burundi ari “Umurima w’Imana.” Igitangaje afata amashusho y’ibihingwa bine byafatiwe mu bindi bihugu agaragaza ko ari myaka yerera i Burundi, agerekaho n’ijambo rivuga ko nta handi wabisanga ku Isi usibye muri iki gihugu cyabo cy’u Burundi.

Ibyo Rosine Guilene Gatoni yagaragaje byose nta nakimwe amashusho yacyo yafatiwe mu Burundi, kuko ifoto ya mbere y’abagabo bateruye umwumbati ubasumba yafatiwe muri Kenya. Yashyizwe hanze n’umunyamakuru wo muri iki gihugu cya Kenya witwa Wavinya Mwiitu wa Muthiani, ibyo yabikoze tariki ya 12/09/2024.

Ifoto ya kabiri y’umugabo ufite imyumbati ine imusumba yafatiwe muri Tanzania. Yashyizwe hanze n’urubuga rwa New Afrika, tariki ya 1/11/2024.

Ifoto ya gatatu igaragaza Umurima wera ibihaza yafatiwe muri Malawi yashyizwe hanze n’uwitwa Brenda Sibeene, ahagana tariki ya 15/06/2024 nibwo ya yishyize hanze, icyo gihe yanatangaje ko Malawi kwari cyo gihugu cya mbere ku Isi cyera ibihaza byinshi kandi ko ku mwaka cyera amatoni agera kuri 428.724.

Urubuga rwa Pacifique Nininahazwe dukesha iy’inkuru, rwatangaje rugira ruti: “Ni iki gishobora gutuma umuvugizi wa perezida w’u Burundi abesha beneka kageni? Ubwo yageraga muri Edeini ya Ndayishimiye, ntiyahahuriye na Kayini ahitamo ku mubesha? Hari ahandi yabajije ati: “Buriya muri Ntare House n’inde uhishurirwa cyane kuruta undi?

Tubibutsa ko “Ntare House” ari perezidansi y’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, iyo benshi bazi nka Ntare Rushatsi.

               MCN.
Tags: BurundiEdeniUndi muyoboziYahishuriwe
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Guhohotera Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y’Amajy’epfo.

Guhohotera Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?