• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Nyuma ya Rwitsankuku, MRDP-Twirwaneho yongeye kwirukana ingabo z’u Burundi mu kandi gace

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 6, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano ikomeye hagati y’ingabo z’u Burundi n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho mu misozi y’i Mulenge
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma ya Rwitsankuku, MRDP-Twirwaneho yongeye kwirukana ingabo z’u Burundi mu kandi gace

You might also like

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukomeje kwagura uduce ugenzura muri Kivu y’Amajyepfo, aho wafashe agace gashya ka Marunde gaherereye hagati ya Mikenke na Kigazura muri Secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga, nyuma yo kuhirukana ingabo z’u Burundi, iza FARDC, FDLR na Wazalendo.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abivuga, iyi mirwano ikomeye yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, ikurikira indi nanone yabaye murukerera, ubwo MRDP-Twirwaneho yigaruriga uduce twa Rwitsankuku na Bicumbi, hafi ya centre ya Kalingi.

Abaturage batari bake bahunze mu gitondo, nyuma y’aho imirwano irimo imbunda ziremereye n’izoroheje yumvikaniye muri utwo duce, cyane cyane hafi ya Point Zero, ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo za Leta n’iza Burundi.

Umwe mu baturage bahunze yavuze ati: “Twabonye imirwano yegereye cyane. Twumvise amasasu hafi yacu, twebwe duhitamo guhunga tugana Inguri.”

Nubwo MRDP-Twirwaneho ikomeje kwagura ibice igenzura, ingabo za FARDC, iza Burundi na Wazalendo ziracyafite ibirindiro bikomeye mu bice bya Point-Zero, Birarombili, Gitashya, Gipupu, Mikarati, Nyamara ndetse na Bijombo ku Ndondo, mu misozi ya teritware ya Uvira.

Iyi mirwano ije mu gihe umutekano muri Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuzamba, ndetse n’ingabo za Leta zisa n’iziri ku gitutu gikomeye. Hari impungenge ko ukutumvikana hagati y’impande zose zifite intwaro muri ako karere gushobora gutuma ikibazo cy’umutekano kirushaho gukomera, bigahungabanya ubuzima bw’abaturage.

Iyi ntambwe uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho yateye irongera gushyira igitutu ku ngabo za Leta ya RDC mu gihe ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo bikomeje kugwa mu maboko yawo, hagaragaza intege nke z’ubuyobozi mu gucunga umutekano w’igihugu.

Ku ruhande rumwe, amakuru avuga ko aka kanya imirwano ku mpande zombi yahageze, aho bivugwa ko ari ukuruhuka, kuburyo umwanya uwo ari wo wose zishobora kongera guhangana.

Turakomeza gukurikirana uko iyi mirwano ikomeza gufata indi ntera.

Tags: MarundeRwitsankukuTwirwaneho
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC

Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z'u Burundi n'iza RDC Umutekano watangiye kugaruka mu misozi y'i Mulenge, muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano...

Read moreDetails

Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

Inkubi y’Umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam Inkubi y’umuyaga yiswe Kalmaegi yasize ibiza n’imvura nyinshi muri Vietnam, aho nibura abantu batanu bahitanywe nabyo nk’uko byatangajwe n’inzego z’ubuyobozi...

Read moreDetails

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije Umugore w’Umunyamulenge yarashwe n’umupolisi w’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura, aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga kubera ibikomere bikomeye. Mu ijoro ryaraye rikeye...

Read moreDetails

RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo

RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo Inzego z’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abasirikare icyenda b’igisirikare cya FARDC, bakekwaho kugurisha ibiribwa bigenewe...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho

Ingabo z’u Burundi n'iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho Ingabo z’u Burundi n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zavuye mu birindiro...

Read moreDetails
Next Post
Umukinnyi w’Umunyamulenge Byinshi Simba yegukanye intsinzi mu mukino wa Boxing i Nairobi

Umukinnyi w’Umunyamulenge Byinshi Simba yegukanye intsinzi mu mukino wa Boxing i Nairobi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?