• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’aho M23 ivugutiye umuti ingabo z’u Burundi mu rugamba, zatangiye kubyerekana.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’aho M23 ivugutiye umuti ingabo z’u Burundi mu rugamba, zatangiye kubyerekana.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abasirikare b’u Burundi bari bamaze imyaka irenga ibiri bafatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23, biravugwa ko baba batangiye gucyurwa bavanwa mu Burasirazuba bw’iki Gihugu, nyuma y’aho abarwanyi b’uwo mutwe babakubise inshuro.

Aya makuru yashyizwe hanze n’ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, aho bivuga ko ayo makuru biyakesha bamwe mu bayobozi bo muri izi ngabo z’u Burundi.

Byagize biti: “Umu ofisiye wo mu ngabo z’u Burundi yatwemereye ko abasirikare babo bari kuvanwa muri RDC. Ibimodoka by’abasirikare benshi byatangiye kugera i Bujumbura kuva ku wa mbere.”

Aya makuru kandi yatangajwe n’umwe mu Barundi bashyizwe kuvaganira Abarundi bari mu kaga, ukuriye ishirahamwe rya FECOD, Pacifique Ninihazwe, ni mu gihe ahar’ejo yatangaje ko Gen. Elie Ndizigiye uzwi kwizina rya “Mizinga” wari usanzwe ayoboye ingabo z’u Burundi zarwaniraga muri RDC yamaze kugera i Bujumbura mu Burundi.

Avuga ko yahageze ku wa mbere umusibo w’ejo.

Bivugwa ko u Burundi bwari bufite batayo 16 zarwaniraga mu Burasirazuba bw’iki Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aba basirikare b’u Burundi batangiye kuvanwa muri RDC nyuma y’aho bakubwiswe kubi na m23, ndetse bahunga bava i Goma n’i Bukavu.

Nyamara kandi umutwe wa M23 wari uheruka no gushyira itangazo hanze usaba ko ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye bwakura ingabo zabwo muri RDC vuba bukimara kubona iryo tangazo, ngo kuko ziriyo mu buryo budafudutse.

Tags: Batayo 16FDNBGucyurwaRdc
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Inka z’Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.

Inka z'Abanyamulenge zanyagiwe aho zari ziragiriwe mu Biraro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?