• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, January 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma Yamezi Atatu Intambara Ihagaze Muri Kivu Yaruguru, Kuruyu Wakane Hongeye kuvugwa Intambara Ikaze Muribyo Bice.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri teritware ya Masisi haravugwa intambara ikaze hagati y’inyeshamba za M23 nabo mumutwe wa Wazalendo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 15.06.2023, saa 12:10Pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Intambara yongeye kubura mubice biri muri teritware ya Masisi, muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni hagati yimitwe ifatikanije n’a leta ya Republika ya Democrasi ya Congo Wazalendo n’inyeshamba za M23.

Nkuko tubikesha umwe mubaturage baturiye ako gace yabwiye Minembwe Capital News, ko intambara yatangiye igihe cyisaha za mugitondo kare Sakumi nimwe nigice(5h30). Nigitero cyagabwe n’umutwe wa Wazalendo bakigaba ahari abarwanyi ba M23 muri teritware ya Masisi, mubice biri muri groupement ya Bashali, mugace ka Mokoto, Kibarizo, Manda na Kasura werekeza kuri kilometero nkeya uvuye Kahila.

Bikaba byanavuzwe ko ibi bice kobyaba byamaze nokwigarurirwa n’inyeshamba zomumutwe wa M23.

Iyi mirwano ngwikaba yakomeje igana mubindi bice nka Kasopo n’a Rutamira ndetse nimbere ya Kahila nkuko bakomeje kubibwira Minembwe Capital News.

Ibi bibaye mugihe umutwe wa M23 warumaze amezi atatu utarwana n’Ingabo za Leta ya Congo (FARDC), gusa muri ayo mezi yose yakunze guhurira mu mirwano n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe na Guverinoma ya Congo Kinshasa mubitero bita shumi.

Wazalendo ngo baramukiye mu mirwano na M23, mu gihe baherukaga kwandikira Guverinoma ya Congo bayisaba kubemerera bagatsinsura uriya mutwe umaze umwaka ugenzura ibice bitandukanye, birimo Umujyi wa Bunagana.

Gusa byari bigize igihe havugwa ibitero shumi muri Kilolirwe bigabwa n’a Nyatura ndetse na Wazalendo, bikavugwa ko ibyo bitero byakogwa mugihe iyimitwe yashakaga kunyaga Inka zabo mubwoko bw’Abatutsi baturiye i Masisi.

Ibi bikaba byahinduye isura aho Wazalendo ngobaba bashaka gutsinsura umutwe wa M23 nkuko baheruka Kwandika leta ya Kinshasa muminsi yashize, gusa M23 ngo ikomeje kubambura ibice byarimo Wazalendo.

Tags: IntambaraM23MasisiWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umutingito Mumujyi Wa Goma, Wunvikanye Mukanya Gashize.

Comments 1

  1. Justin says:
    3 years ago

    Nibakomeze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?