• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’igitero cya Maï Maï muri Bibogobogo, Ingabo za FARDC zasuye aka karere zigira nicyo zisaba abagatuye.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ku manywa y’ejo ku Cyumweru tariki ya 11/08/2024, ingabo za FARDC zikorera mu Bibogobogo zasuye abaturage baturiye ibyo bice, abari baheruka kugabwaho igitero, barangije babasaba kuvana Inka zabo ziri kure, ndetse no kutaragirira kure.

Igitero giheruka ku gabwa ku Banyamulenge, Maï Maï yakibagabyeho ku masaha y’umugoroba w’ajoro wo ku wa Gatandatu tariki ya 10/08/2024.

Amakuru yaje avuga ko icyo gitero ko cyagabwe neza mu gace kari karagiriwemo Inka z’aba Banyamulenge ka Matunda. Nubwo Maï Maï ari yo yari yagabye iki gitero ariko ntabwo yigeze ihirwa kuko yakubiswe bikaze na Twirwaneho ishinzwe kurinda umutekano w’Abanyamulenge n’abaturage bose muri rusange. Ndetse kandi icyo gitero cyaguyemo abarwanyi ba Maï Maï bane, mu gihe Twirwaneho yo yatashye amahoro.

Nyuma y’iki gitero, Ingabo za FARDC zikorera muri aka karere ka Bibogobogo zasuye abaturage bari ahitwa ku Kabara, aha ni mu ntera y’ikirometro kimwe no kuri Matunda iyari ya bereyomo imirwano yo ku wa Gatandatu.

Ijambo umusirikare mukuru wa FARDC wari wasuye aba baturage yabagejejeho, yabanje ku bashimira kukuba bazi kw’irwanaho, nyuma yaho asaba Abanyamulenge kuvana Inka zabo ziri kure ndetse kandi abasaba kwirinda kuza baragirira iz’i nka zabo kure n’imihana.

Gusa, anababwira kandi ko Maï Maï itakiri hafi, bityo ko bagomba gutekana, ndetse kandi anababwira ko bo bagerageje kuganiriza aba Wazalendo babihanangiriza kutongera kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ku rundi ruhande, amakuru Minembwe Capital News yabwiwe n’abaturage baturiye ibi bice byo muri Bibogobogo, avuga ko ubwo ingabo za FARDC zari ku Kabara ziri guhumuriza abaturage, Maï Maï nayo yarimo igaragara mu Marango ya Matunda. Ndetse kandi bamwe muri aba basirikare barimo basaba Abanyamulenge kuba maso, ngo kuko umwanzi yogaba ibitero isaha iyari yo yose.

Tubibutsa ko iki gitero Maï Maï yakigabye mu gihe muri aka karere harimo hapangwa uko ibiganiro bya mahoro bikorwa hagati y’Abanyamulenge n’Ababembe ndetse n’Abanyindu.

             MCN.
Tags: AbanyamulengeBibogobogoFardcKabaraYasuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobobozi muri Nakivale, bwagize icyo busaba Abanyamulenge n’abashumba b’abamotorero ku byo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Ubuyobobozi muri Nakivale, bwagize icyo busaba Abanyamulenge n'abashumba b'abamotorero ku byo kw'ibuka abaguye mu Gatumba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?