• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi, i Goma, Makobola na Uvira, Abanyamulenge bo mu ngabo za FARDC batangiye guhohoterwa.

minebwenews by minebwenews
December 12, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byo ngeye gufata indi ntera nimugihe byinjiye no mu basirikare aho byavuzwe ko Colonel Muruta, yahagaritswe n’inzego zishinzwe u mutekano muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Nk’uko byavuzwe Colonel Muruta, yahagaritswe kuri uyu wa Kabiri, tariki 12/12/2023, aho yazize isura ye n’ubwoko bwe Abatutsi. Colonel Muruta, ni Umusirikare wa FARDC, avuka mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, akaba ari Umunyamulenge,

Mumpera z’uyu mwaka w’2023, mu kwezi kwa Gatatu (3),n’ibwo Colonel Muruta yakubiswe kandi azira ubwoko bwe Abatutsi, aho bya vuzwe ko yahise akomereka ajanwa mu bitaro.

Gusa perezida Félix Tshisekedi, aheruka kwerura ahamye ko ubutegetsi bwe bugiye kumaraho icyitwa abo yise abanzi. Ibi yagiye abivuga arimo kw’iyamamaza, i Goma, Makobola na Uvira, mu busanzwe leta ya perezida Félix Tshisekedi ikunze kwita abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda abanzi b’igihugu.

Ibi byagiye bigaragara ubwo abasirikare ba FARDC bo muvaga ururimi rw’Ikinyarwanda, bagiye bakurwa mu bandi bakicwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi. Ahagana mu mwaka wa 2021, Major Joseph Kaminzobe yakuwe mu bandi basirikare, i Lweba, aricwa . I Kinshasa ahagana mu mumpera z’Ukwezi kwa Karindwi (7), umusirikare wo mungabo za FARDC, uvuga ururimi rw’Ikinyarwanda, Furaha, yakuwe mu bandi arakurubanwa Umuhanda wose arinako akubitwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11), Lt Kabongo Rukatura, yakuwe mu bandi aricwa yicwa urupfu rwa gashinyaguro.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyamulenge batangiye guhohoterwa nyuma y'Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Imbonerakure z'u Burundi, Maï Maï na FDLR, ba gabye ibindi bitero bikomeye mu nkengero za Komine Minembwe.

Comments 1

  1. JOHN says:
    2 years ago

    Harya ko muvuga ko muri abanyamulenge mutari abatutsi,ubwo murazira iki kandi ?!!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?