Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi, i Goma, Makobola na Uvira, Abanyamulenge bo mu ngabo za FARDC batangiye guhohoterwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 12, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byo ngeye gufata indi ntera nimugihe byinjiye no mu basirikare aho byavuzwe ko Colonel Muruta, yahagaritswe n’inzego zishinzwe u mutekano muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Nk’uko byavuzwe Colonel Muruta, yahagaritswe kuri uyu wa Kabiri, tariki 12/12/2023, aho yazize isura ye n’ubwoko bwe Abatutsi. Colonel Muruta, ni Umusirikare wa FARDC, avuka mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, akaba ari Umunyamulenge,

Mumpera z’uyu mwaka w’2023, mu kwezi kwa Gatatu (3),n’ibwo Colonel Muruta yakubiswe kandi azira ubwoko bwe Abatutsi, aho bya vuzwe ko yahise akomereka ajanwa mu bitaro.

Gusa perezida Félix Tshisekedi, aheruka kwerura ahamye ko ubutegetsi bwe bugiye kumaraho icyitwa abo yise abanzi. Ibi yagiye abivuga arimo kw’iyamamaza, i Goma, Makobola na Uvira, mu busanzwe leta ya perezida Félix Tshisekedi ikunze kwita abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda abanzi b’igihugu.

Ibi byagiye bigaragara ubwo abasirikare ba FARDC bo muvaga ururimi rw’Ikinyarwanda, bagiye bakurwa mu bandi bakicwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi. Ahagana mu mwaka wa 2021, Major Joseph Kaminzobe yakuwe mu bandi basirikare, i Lweba, aricwa . I Kinshasa ahagana mu mumpera z’Ukwezi kwa Karindwi (7), umusirikare wo mungabo za FARDC, uvuga ururimi rw’Ikinyarwanda, Furaha, yakuwe mu bandi arakurubanwa Umuhanda wose arinako akubitwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11), Lt Kabongo Rukatura, yakuwe mu bandi aricwa yicwa urupfu rwa gashinyaguro.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyamulenge batangiye guhohoterwa nyuma y'Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails
Next Post

Imbonerakure z'u Burundi, Maï Maï na FDLR, ba gabye ibindi bitero bikomeye mu nkengero za Komine Minembwe.

Comments 1

  1. JOHN says:
    2 years ago

    Harya ko muvuga ko muri abanyamulenge mutari abatutsi,ubwo murazira iki kandi ?!!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?