
Iminsi ibarigwa kuntoki J.Pierre Bemba atowe kuba Minisitiri wingabo muri Republika ya democrasi ya Congo( RDC ), yavuze ko Imbere ye hari Ibibazo bibiri bikomeye nkamabuye.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 01.04.2023, nasaa 7:10AM kumasa ya Bukavu na Minembwe.
Iminsi mike gusa muri Republika ya democrasi ya Congo, umukuru wico gihugu bwana Félix Tshisekedi, azanye andi maraso muri leta ye harimo na J.Pierre Bemba Gombo wahawe imyanya Ibiri ariyo Minisitiri wungirije w’intebe nokuba Minisitiri wingabo za FARDC.
Uyumugabo ngoyasanze Imbereye hari ibibazo bibiri bikomeye kuruta amabuye ikibazo cambere ninyeshamba zirwanira muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo murizo Nyeshamba hazamo M23 abenshi bakunze kwita ko bahetse isezerano ryagakiza ka Congo yejo hakazamo ninyeshamba zo zishinjwa ubwicanyi ndenga kamere arizo ADF NARU zikomoka muri Uganda.
J.Pierre Bemba ikindi kibazo kiza Imbere ye nukongera gutuza impunzi ahahoze ariwabo cangwa se kongera gutuza abaturage aho bagiye bava kubera intambara.
Uyumugabo akimara guhabwa kuyobora Minisitire y’Ingabo, amashirahamwe ategamiye Kuri leta ya Kinshasa yahise atangira kumusaba gukura icicaro ce i Kinshasa akaja muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo, mumurwa mukuru wa Kivu yamajyaruguru i Goma, usibye namashirahamwe nabaturage ubwabo barabimusabye.
Intambara muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa zimaze imyaka irenga 18, iki gihugu kibarizwamo Imitwe yitwaje intwaro irenga 200 muriyimitwe harimo iyavuye mubindi bihugu nka Red Tabara yavuye i Burundi, Red Tabara ishinjwa ubwicanyi nogusenyera Abanyamulenge muri Rurambo na Mibunda ndetse na Bibogobogo ho muntara Ya kivu Yepfo, harikandi FLN nayo ikomoka m’Uburundi hari ADF NARU ikomoka muri Uganda tutibagiwe na FDLR ikomoka mugihugu c’Urwanda.




