
Uwahoze ari Président wa Leta z’Unze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwemererwa gukoresha umuyoboro wo gukwirakwiza amashusho kuri Channel ye ya YouTube nyuma yuko yari yarahagaritswe imyaka ibiri.
Ayamakuru Minembwe Capital News, tuyakesha RFI ikinyamakuru ca bafaransa. Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 18.03.2023, n’a Saa 8:04Pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe
Bwana Donald Trump, bivugwa ko na Sosyete ya Meta, ifite Facebook na Instagram, na Twitter nayo yari yarahagaritse konti za Trump, bikemezwa ko izi Konti zongeye gukora nkuko byahoze.
Mumwaka wa 2021, ukwezi kwa mbere, uyu Mugabo wahoze ari Président wa America nibwo yabujijwe kohereza amashusho ayariyo yose kuri Channel ye ya YouTube ku birego avuga ko iyo konti yakoreshwaga icyo gihe mu gukwirakwiza amakuru y’umuriro.
Andi Makuru yerekeye Donald Trump wahoze ari Président wa Leta zunze ubumwe za Amerika, , yatangaje uyu munsi ko yiteze ko azafatwa ku wa kabiri w’icyumweru gitaha mu rubanza rurimo kwishyurwa uwahoze ari umustar.
Uyumugabo bwana Donald Trump, akaba yahamagariye abamushyigikiye gukora imyigaragambyo bakamagana abashaka kumusiga icaha atazi iyo kiva nkuko abyivugira.




