Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko Col Madawa wo muri Maï Maï, y’iyunze n’ingabo z’u Burundi, i Nyangezi, yabuze ayacira nayo amira..

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 6, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Madawa, wo mu mutwe wa Maï Maï yo muri Kindu, mu Ntara ya Manyema, kw’iyunga kwe n’ingabo z’u Burundi bivugwa ko zambutse muri Kivu y’Amajy’epfo, kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023, bya mu viriyemo guterwa utwatsi n’ubuyobozi bwa Mai Mai ya Kindu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Mu makuru yizewe amaze kumenyekana n’uko Colonel Madawa yageze i Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuya 04/12/2023. Nyuma y’uko yaramaze guhabwa amakuru ko ingabo z’u Burundi zongeye kwambuka ku bwinshi muri RDC aho bivugwa ko zije kurwanya M23, muri Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko iy’inkuru MCN, tuyikesha abantu bizewe, ivuga ko Colonel Madawa n’aba Maï Maï yazanye ko biyunze naziriya Ngabo z’u Burundi, zari zimaze kugera i Nyangezi, muri Kivu y’Epfo. Nyuma yo kw’iyunga uriya Col-Madawa, yahise aha magarwa n’ubuyobozi bwe i Kindu, bamutegeka kugaruka bitaba ibyo “umudamu we n’abana na se, umubyara bagafungwa.”

Ibi ngo byatumye aba Maï Maï bazanye na Colonel Madawa, bakomeza ku mucika aho amakuru yizewe avuga ko abarwanyi be bagera kuri 50 ko bamucitse muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, basubira i Kindu.

Inkuru dukesha Isoko yacu ihamya ko Madwa yavuye i Kindu atumvikana n’ubuyobozi bwe bu mukuriye bikaba biri mu byatumye abura icya kora ni cyareka nyuma y’uko ahawe itegeko ryo gusubira i Kindu bitaba byo umuryango we ugafungwa.

Bruce Bahanda.

Tags: ManyemaNyangeziNyuma y'uko Col Madawa wo muri Maï MaïYabuze ayacira nayo amiraYiyunze n'ingabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

"Inshingano zacu dukomeje kuzubahiriza, nta mwanzi numwe uzibesha ngo arafate Goma cangwa Sake," Major Hassan Kheira, niko amaze ku bitangaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?