Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko i Goma hatewe igisasu kiremereye, perezida Félix Tshisekedi yahise ahamagaza i Nama yigitaraganya y’aba minisitiri i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko i Goma hatewe igisasu kiremereye, perezida Félix Tshisekedi yahise ahamagaza i Nama yigitaraganya y’aba minisitiri i Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamagaje i Nama yigitaraganya, nyuma y’uko bya vuzwe ko hari iki bombe cyatewe muri Quartier ya Mugunga, Komine Karisimbi, muri Goma, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya vuzwe n’uko kiriya ki bombe cyarashwe mu masaha y’umugoroba wo kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 2/02/2024.

Ubuyobozi bwa Sosiyete sivile muri Komine ya Karisimbi, bemeje ay’amakuru bavuga ko kiriya gisasu cyatewe hafi n’ishuri ry’isumbuye rya Nengapeta, kiza gusiga gikomerekeje Abaturage batatu.

Nyuma y’uko kiriya gisasu cyatewe i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Antoine Tshisekedi, yahise ahamagaza i Nama idasanzwe y’aba minisitiri, i Kinshasa. Iy’i Nama ikaba igamije kwiga ibibazo byihutirwa nk’uko Tshisekedi yabitangaje akoresheje urubuga rwe rwa X.

Ibi byibukije ko perezida Félix Tshisekedi, ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mwaka ushize, yasezeranije abanyekongo ko mugihe M23 ya kwibesha ikarasa isasu rimwe i Goma ko yahita atera i Gihugu cy’u Rwanda, ngo agahita avanaho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Mur’icyo gihe yahise avuga ko yarasa i Kigali y’icaye i Goma, ngo kuko afite ibikoresho by’agisirikare bigezweho nk’uko yarimo abyivugira.

Yagize ati: “Banyekongo, nshuti zanjye, ndabasezeranya ko mu gihe M23 yakwibesha ikongera igafata agace gato gusa, cyangwa ikarasa isasu rimwe i Goma, nahita ntumiza i Nama y’inteko nshinga mategeko, nkabasaba gutera u Rwanda.”

Tu bibutseko Sosiyete sivile yo muri Komine Karisimbi, ahatewe igisasu barashinja M23 kuba ar’iyo yaba yagiteye n’ubwo bitaremezwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Aba minisitiriI Nama yigitaraganyaIgisasu i GomaKinshasaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abarimo n’Abadepite bamaganye igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC.

Muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, abarimo n'Abadepite bamaganye igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw'ikinyarwanda muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?