Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko ubuyobozi bw’Ingabo za RDC, batashwe n’ubwoba i Goma, Umzalendo yahishuye ko M23 izayobora igihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 3, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’Ingabo za RDC, batashwe n’ubwoba i Goma, Umzalendo yahishuye ko M23 izayobora igihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko M23 ifashe ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, ubwoba bwinshi bwatashe uboyozi bw’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bya vuzwe ko umuyobozi w’Ingabo za RDC, mu karere ka gisirikare ka 34, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 02/02/2024, yategetse ko abaturage baturiye Komine Karisimbi ko bakwiye kuzabataha kare umu ijima utaraba.

Ibi yabivuze mugihe k’u munsi w’ejo hashize, habaye imirwano ikaze yasize M23 y’igaruriye ibice birimo i Shasha, Gatsiro werekeza Nyanzare muri teritware ya Rutsuru, ndetse n’ahandi, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mugihe kandi kuri uyu wa Gatanu, i Goma, muri Quartier ya Mugunga, ho muri Komine ya Karisimbi, hari harashwe igisasu kiremereye, aho cyaguye hafi n’ishuri ry’isumbuye riherereye muri iyo Quartier; nta bantu bavugwa ko bahasize ubuzima, havugwa gusa ko hakomeretse abantu batatu.

Ubuyobozi bw’Ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’uko icyo gisasu gitewe muri Mugunga, batangarije itangaza makuru ko icyo gisasu cyatewe na M23. Ibyo umuyobozi wa M23 Bertrand Bisimwa, yanyomoje, hubwo abishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, Bisimwa ya binyomoje akoresheje urubuga rwe rwa X.

Nyuma y’uko ubwoba buteye i Goma, twegereye umwe mu barwanyi ba FARDC wo mu itsinda rya Wazalendo, maze abwira Minembwe Capital News ko Ingabo za FARDC n’abambari babo ko bashaka guhunga berekeza i Bukavu, k’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Uy’u murwanyi, yagize ati: “Ingabo za RDC n’aba bafasha kurwanya M23, bidatinze barashaka guhungira i Bukavu. Nta gushidikanya M23 izinjira i Goma, nk’u muntu winjira mu Cyumba cye.”

Uy’u murwanyi wo muri Wazalendo, yanavuze ko ihuriro ryabo na SADC ko rimaze kugaragaza intege nke, m’urugamba ba hanganyemo na M23.

Yarangije avuga ko hari gurupe ya Wazalendo ishaka kw’iyunga kuri M23, ariko yirinda kuvuga uwaba ayoboye iyo grupe.

Yagize ati: “Kubera ubunararibonye M23 ikomeje kwerekana ku rugamba, hari bamwe muri twe bashaka kubiyungaho nubwo batarabyerekana. Haricyo mutazi M23 n’abasirikare bukuri . Wibaze abantu batsinda ingabo za SADC, bagatsinda Ingabo z’u Burundi, urumva ko batazayobora igihugu! Tugomba kubayoboka.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ubwoba i GomaUmzalendoYahishuye ko M23 izayobora igihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Santire ya Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ingabo za M23 zageze mu marembo yayo.

Santire ya Minova, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, ingabo za M23 zageze mu marembo yayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?