Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma y’uko Uganda yiyometseho ubutaka bwa RDC bwomugace ka Mungo yiyongeje akandi kari muri Groupement ya Binza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage ba Congo Kinshasa, baturiye umupaka wa Uganda na RDC, baratakira Kinshasa ko Uganda i komeje kubatwara ubutaka. Ibi bije nyuma y’uko Uganda yari heruka gutwara agace ka Mungo kari muri Groupement ya Busanza bakaba bongeye kwiyongeza akandi gace kari muri Groupement ya Binza homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru Minembwe Capital News, dukesha bamwe mubaturage baturiye utwo duce bavuze ko baheruka kwandikira Guverinoma ya Kinshasa bayibwira ko ubutaka bwabo buri kwegekwa kubindi bihugu.

Ati: “Leta yacu twayibwiye kugira ico ikora ariko isa nikomeje kuvunira ibiti mu matwi. Ubu Uganda yiyongeje ubundi butaka buri muri Groupement ya Binza.”

Bakomeje bati: “Uganda yabanjye kwiyomekaho agace ka Mungo hafi n’u Mujyi wa Bunagana, none reba biyongeje akandi gace. Ibyo byabaye igihe hari haje intumwa za Uganda nizo zashinguye ibyuma byagaragazaga Umupaka baza kuby’imurira kure yaho byari bisanzwe.”

Aya makuru akomeza avuga ko igikorwa co kw’imura umupaka kigize iminsi gikorwa na Bagande, kandi ko bikomeje gukorerwa mubice bya Bunagana na Musezero. Ni Umupaka bahamya ko umaze kwigizwaho mubirometre birenga bitatu(3).

Gusa Abaturage baha bemeza ko Umutekano urushaho kumera neza ngo kuva M23 yafata agace ka Bunagana.

Depite kurwengo rw’i Ntara, Emanuel Ngaruye, ukomoka muriyi Groupement ya Busanza, yahise avugako Guverinoma ya Kinshasa ko igomba gushiramo imbaraga zose kugirango yisubize ibice bifitwe n’inyeshamba za M23 ndetse ngo kandi igarure ubutaka bwabo bwometswe kuri Uganda.

Ibi ntaco leta ya Uganda irabitangazaho kuva kumunsi w’ejo ubwo byatangiye kuvugwaho.

By Bruce Bahanda.

Tariki 28/092023.

Tags: BinzaMugace ka MUNGOUganda iravugwaho kwiyomekaho ubutaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uwahoze ari Minisitire w'intebe Lt Gen Guillaume Bunyoni, y'itabye Ubutungane kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?