• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma y’uko Uganda yiyometseho ubutaka bwa RDC bwomugace ka Mungo yiyongeje akandi kari muri Groupement ya Binza.

minebwenews by minebwenews
September 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage ba Congo Kinshasa, baturiye umupaka wa Uganda na RDC, baratakira Kinshasa ko Uganda i komeje kubatwara ubutaka. Ibi bije nyuma y’uko Uganda yari heruka gutwara agace ka Mungo kari muri Groupement ya Busanza bakaba bongeye kwiyongeza akandi gace kari muri Groupement ya Binza homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru Minembwe Capital News, dukesha bamwe mubaturage baturiye utwo duce bavuze ko baheruka kwandikira Guverinoma ya Kinshasa bayibwira ko ubutaka bwabo buri kwegekwa kubindi bihugu.

Ati: “Leta yacu twayibwiye kugira ico ikora ariko isa nikomeje kuvunira ibiti mu matwi. Ubu Uganda yiyongeje ubundi butaka buri muri Groupement ya Binza.”

Bakomeje bati: “Uganda yabanjye kwiyomekaho agace ka Mungo hafi n’u Mujyi wa Bunagana, none reba biyongeje akandi gace. Ibyo byabaye igihe hari haje intumwa za Uganda nizo zashinguye ibyuma byagaragazaga Umupaka baza kuby’imurira kure yaho byari bisanzwe.”

Aya makuru akomeza avuga ko igikorwa co kw’imura umupaka kigize iminsi gikorwa na Bagande, kandi ko bikomeje gukorerwa mubice bya Bunagana na Musezero. Ni Umupaka bahamya ko umaze kwigizwaho mubirometre birenga bitatu(3).

Gusa Abaturage baha bemeza ko Umutekano urushaho kumera neza ngo kuva M23 yafata agace ka Bunagana.

Depite kurwengo rw’i Ntara, Emanuel Ngaruye, ukomoka muriyi Groupement ya Busanza, yahise avugako Guverinoma ya Kinshasa ko igomba gushiramo imbaraga zose kugirango yisubize ibice bifitwe n’inyeshamba za M23 ndetse ngo kandi igarure ubutaka bwabo bwometswe kuri Uganda.

Ibi ntaco leta ya Uganda irabitangazaho kuva kumunsi w’ejo ubwo byatangiye kuvugwaho.

By Bruce Bahanda.

Tariki 28/092023.

Tags: BinzaMugace ka MUNGOUganda iravugwaho kwiyomekaho ubutaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uwahoze ari Minisitire w'intebe Lt Gen Guillaume Bunyoni, y'itabye Ubutungane kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?