Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’umunsi umwe gusa, umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, avuye muri gereza yatangaje ko ubutabera butakurikije ukuri.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni Stanis Bujakera Tshiamala, wari umaze amezi atandatu afungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yafashwe umwaka ushize, azira inkuru yari yatangaje ivuga kurupfu rw’u mudepite, Cherubin Okende, wari wishwe urupfu rwa vugishije benshi mu gihugu cya RDC no hanze yacyo.

Cherubin Okende yapfuye mu ntangiriro z’ukwezi kwa munani, mu 2023. Umurambo we, wasanzwe mu modoka ye, uteraguwe ibyuma kandi w’u zuye amaraso.

Nyuma y’uko Stanis Bujakera Tshiamala atanze amakuru kurupfu rwa Cherubin Okende, yarafashwe arafungwa. Ibitangaza makuru n’imiryango itandukanye irimo n’u muryango w’i bihugu by’u bumwe bw’u Burayi, basabye ko “Stanis Bujakera, arekurwa.”

K’uwa Kabiri n’ibwo Stanis Bujakera Tshiamala yafunguwe, ni mu gihe urukiko rwari rwa mukatiye igifungo cy’amezi atandatu, bihurirana ayakwije.

Uy’u munyamakuru wari usanzwe akorera ikinyamakuru cya RFI, yakibwiye ko yishimiye kuba yongeye kugera imusozi.

Maze ashimira Igihugu cya RDC, ashimira n’ibitangaza makuru bya komeje kumuba hafi, ku muvuganira, n’ibindi, ariko anenga ubutabera, avuga ko butakurikije ukuri mu rubanza rwe.

Yagize ati: “Nshimiye itangaza makuru rya komeje ku ntabariza, mwa mbaye hafi. Nshimiye n’igihugu cyanjye, cyemeye ko ndekurwa.”

Yakomeje agira ati: “Ariko ubutabera ntabwo bwa kurikije ukuri mu rubanza nari nfite. Ubutabera bugamije kwitambika ubwisanzure bw’itangaza makuru.”

Stanis Bujakera Tshiamala, asanzwe ari umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba yari afite n’ikinyamakuru akorera cyo muri RDC cya Actualite CD.

    MCN.
Tags: Nyuma yogufungurwaStanis Bujakera TshiamalaYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n’abakuru b’Ingabo z’icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy’urupfu.

Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n'abakuru b'Ingabo z'icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy'urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?