Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’umunsi umwe gusa, umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, avuye muri gereza yatangaje ko ubutabera butakurikije ukuri.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni Stanis Bujakera Tshiamala, wari umaze amezi atandatu afungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yafashwe umwaka ushize, azira inkuru yari yatangaje ivuga kurupfu rw’u mudepite, Cherubin Okende, wari wishwe urupfu rwa vugishije benshi mu gihugu cya RDC no hanze yacyo.

Cherubin Okende yapfuye mu ntangiriro z’ukwezi kwa munani, mu 2023. Umurambo we, wasanzwe mu modoka ye, uteraguwe ibyuma kandi w’u zuye amaraso.

Nyuma y’uko Stanis Bujakera Tshiamala atanze amakuru kurupfu rwa Cherubin Okende, yarafashwe arafungwa. Ibitangaza makuru n’imiryango itandukanye irimo n’u muryango w’i bihugu by’u bumwe bw’u Burayi, basabye ko “Stanis Bujakera, arekurwa.”

K’uwa Kabiri n’ibwo Stanis Bujakera Tshiamala yafunguwe, ni mu gihe urukiko rwari rwa mukatiye igifungo cy’amezi atandatu, bihurirana ayakwije.

Uy’u munyamakuru wari usanzwe akorera ikinyamakuru cya RFI, yakibwiye ko yishimiye kuba yongeye kugera imusozi.

Maze ashimira Igihugu cya RDC, ashimira n’ibitangaza makuru bya komeje kumuba hafi, ku muvuganira, n’ibindi, ariko anenga ubutabera, avuga ko butakurikije ukuri mu rubanza rwe.

Yagize ati: “Nshimiye itangaza makuru rya komeje ku ntabariza, mwa mbaye hafi. Nshimiye n’igihugu cyanjye, cyemeye ko ndekurwa.”

Yakomeje agira ati: “Ariko ubutabera ntabwo bwa kurikije ukuri mu rubanza nari nfite. Ubutabera bugamije kwitambika ubwisanzure bw’itangaza makuru.”

Stanis Bujakera Tshiamala, asanzwe ari umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba yari afite n’ikinyamakuru akorera cyo muri RDC cya Actualite CD.

    MCN.
Tags: Nyuma yogufungurwaStanis Bujakera TshiamalaYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n’abakuru b’Ingabo z’icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy’urupfu.

Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n'abakuru b'Ingabo z'icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy'urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?