• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”

minebwenews by minebwenews
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’umunsi umwe gusa, umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, avuye muri gereza yatangaje ko ubutabera butakurikije ukuri.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni Stanis Bujakera Tshiamala, wari umaze amezi atandatu afungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yafashwe umwaka ushize, azira inkuru yari yatangaje ivuga kurupfu rw’u mudepite, Cherubin Okende, wari wishwe urupfu rwa vugishije benshi mu gihugu cya RDC no hanze yacyo.

Cherubin Okende yapfuye mu ntangiriro z’ukwezi kwa munani, mu 2023. Umurambo we, wasanzwe mu modoka ye, uteraguwe ibyuma kandi w’u zuye amaraso.

Nyuma y’uko Stanis Bujakera Tshiamala atanze amakuru kurupfu rwa Cherubin Okende, yarafashwe arafungwa. Ibitangaza makuru n’imiryango itandukanye irimo n’u muryango w’i bihugu by’u bumwe bw’u Burayi, basabye ko “Stanis Bujakera, arekurwa.”

K’uwa Kabiri n’ibwo Stanis Bujakera Tshiamala yafunguwe, ni mu gihe urukiko rwari rwa mukatiye igifungo cy’amezi atandatu, bihurirana ayakwije.

Uy’u munyamakuru wari usanzwe akorera ikinyamakuru cya RFI, yakibwiye ko yishimiye kuba yongeye kugera imusozi.

Maze ashimira Igihugu cya RDC, ashimira n’ibitangaza makuru bya komeje kumuba hafi, ku muvuganira, n’ibindi, ariko anenga ubutabera, avuga ko butakurikije ukuri mu rubanza rwe.

Yagize ati: “Nshimiye itangaza makuru rya komeje ku ntabariza, mwa mbaye hafi. Nshimiye n’igihugu cyanjye, cyemeye ko ndekurwa.”

Yakomeje agira ati: “Ariko ubutabera ntabwo bwa kurikije ukuri mu rubanza nari nfite. Ubutabera bugamije kwitambika ubwisanzure bw’itangaza makuru.”

Stanis Bujakera Tshiamala, asanzwe ari umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba yari afite n’ikinyamakuru akorera cyo muri RDC cya Actualite CD.

    MCN.
Tags: Nyuma yogufungurwaStanis Bujakera TshiamalaYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n’abakuru b’Ingabo z’icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy’urupfu.

Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n'abakuru b'Ingabo z'icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy'urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?