Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

O.I.M iri gukora umuhanda mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2025
in Uncategorized
0
O.I.M iri gukora umuhanda mu Bibogobogo.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

OIM iri gukora umuhanda mu Bibogobogo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umuhanda wa Bibogobogo-Baraka urigukorwa n’ishirahamwe rya OIM aho riwukora binyuze muri Leta ya Kinshasa, nk’uko bivugwa n’Abanya-Bibogobogo.

Bwa mbere uyu muhanda w’itaka uhuza agace ka Bibogobogo n’umujyi wa Baraka muri Fizi wa banje gukorwa na Chef Lawi Rutambwe, nyuma yabwo wagiye wongera gusubirwamo n’andi mashirahamwe atandukanye harimo ayikorera ku giti cyayo na ya Leta.

Mu minsi mike ishize ishirahamwe rya OIM riterwa inkunga na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryongeye kuwusibura, aho riri mu ku wukora rikoresheje itaka.

Twa bwiwe ko iri shirahamwe mu gusibura uyu muhanda rica imivu y’amazi no gutaba ibitaka ahacitse ibinogo.

Bwana Alexis uri mu Bibogobogo yabwiye Minembwe.com ko bishimiye ibyo Leta ya Kinshasa iri kubakorera biciye mu mwana wabo, minisitiri w’ibikorwa remezo, Muhoza Gisaro.

Ati: “Nubwo uyu muhanda atari uwa kaburimbo ariko turashima Kinshasa, kandi turashimira na Muhoza Gisaro. Byenda igihe kizagera baduhe n’umuhanda wa kaburimbo.”

Imihanda y’itaka y’ubatse muri Fizi, Uvira na Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ikunze kwangirika igihe cy’imvura, ndetse muri ibyo bihe nta modoka ziyicamo. Ikongera gukora igihe cyo mu cyi(izuba) gusa.

Hagataho, abaturage bo muri ibyo bice barasaba Leta kubakorera imihanda myiza irimo kaburimbo.

Tags: BarakaBibogobogoumuhanda
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?