• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Operation Shujaa, berakanye ibyo bamaze kugeraho mu kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa ADF.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Uganda n’iza RDC zihuriye muri Operation yahawe izina Shujaa, batangaje Ico iyo operation imaze kugeraho.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 12:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ingabo za Uganda (UPDF), zatangaje ko zimaze kwivugana ibyihebe bigera mu 548 byo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF kwari byo bamaze kwicira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ni nyuma y’imyaka hafi ibiri hatangiye ibitero byiswe “Operation Shujaa” izi Ngabo za Uganda z’ifatanyije n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bagaba ku birindiro bitandukanye bya ADF, muri za teritwari ya Béni na Ituri.

Imibare itangwa n’Igisirikare cya Uganda yerekana ko kuva mu kwezi kwa Cyuminakabiri, umwaka wa 2021 ibyihebe 548 bya UPDF ari byo bimaze kwicwa, ibindi 50 byafashwe mpiri na ho 31 birayamanika.

Umuyobozi wa Diviziyo y’Ingabo za Uganda zirwanira mu misozi miremire akanaba umuyobozi wa Operation Shujaa, Major Gen Dick Olum, yanerekanye umurundo w’Ibikoresho bya gisirikare byafatiwe muri biriya bikorwa byo guhiga ADF.

Ibi birimo imbunda zizwi nka SMG (machine guns) 142, umunani zo mu bwoko bwa PMK Machine guns, ibisasu 60 byo mu bwoko bwa millimeters mortar, impuzankano za gisirikare 111 military, za batteries 10 ndetse n’imigozi 45 ya radiyo.

Major Gen Olum yavuze ko ziriya ntwaro zafashwe ari ikimenyetso cy’uko ADF ishinjwa kugaba ibitero muri Uganda na Congo mu gihe cya vuba izaba yamaze kurandurwa burundu.

Ati: “ADF mu gihe cya vuba izinjira mu bitabo by’amateka. Twagabanyije ubushobozi bwayo bwo gushoza intambara, twagabanyije umubare w’abakozi bayo, uw’intwaro zabo; ikindi morali yabo iri hasi.”

Uyu musirikare yavuze ko intwaro UPDF yerekanye ari iziri mu biganza byayo, kuko hari izindi zifitwe n’Igisirikare cya Congo.

Yunzemo ko usibye ibyihebe byishwe, hari n’abantu 156 biganjemo abagore n’abana byari byarashimuse babohowe kurubu bakaba bidegembya.

Tags: BerekanyeFardcIbyo bamaze kugerahoMukurwanya ADFOperation ShujaaRdcUPDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abantu Umunani nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n'Inkongi y'umuriro i Kalehe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?