Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Uncategorized
0
PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

PAM yagaragaje ibikiyigoye kugira ngo ifashye abahunze imirwano mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni PAM, ishami ry’umuryango w’Abibumbye, ryagaragaje ugushidikanya gukomeye kugira ngo rigeze ubufasha mu bice birimo abahunze intambara mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iri shami rishinzwe ubutabazi ririmo gutinya kugira ibice rikandagiramo mu gihe leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zashizeho iminsi y’agahenge ku mpande zihanganye. Izo mpande ni m23 n’igisirikare cya leta ya Kinshasa.

Agahenge ka mbere kemejwe ku ya 04 kugeza 19/07/2024, kaje kongerwaho ibyumweru bibiri nk’uko ibiro bya Amerika by’ubanyi n’amahamga byabitangaje.

Mu gushiraho aka gahenge kwari ukugira ngo haboneke ubutabazi bwi huse kubakuwe mubyabo n’intambara.

Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri PAM yagaragarije itangaza makuru ko nubwo hemejwe agahenge ku kwezi, hakiri impungenge ku mutekano mu bice abaturage bahungiyemo, nk’uko radio okapi yabitangaje kuri uyu wa Mbere.

Ndetse uyu muyobozi muri PAM yakomeje kubwira itangaza makuru ko mu ntangiriro z’uku kwezi turimo, abakozi ba PAM bagabweho igitero gikaze, kandi ko bakigabweho n’insoresore za b’abasivili muri teritware ya Lubero.

PAM igasobanura ko nyuma yo guhagarika ibikorwa byayo mu bice bitandukanye byabereyemo imirwano, ubu iri kwibanda ku gufasha abana bari munsi y’imyaka itanu n’ababyeyi batwite ku bigo by’ubuvuzi bitandukanye.

          MCN.
Tags: IntambaraPAMRdcUbufasha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje intambara nshya.

Perezida Vladimir Putin w'u Burusiya yatangaje intambara nshya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?