Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Papa Fransisco yasize avuze uburyo azashyingurwa bitandukanye nuko byakorwaga mbere! Ibirambuye…

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 21, 2025
in Religion
0
Papa Fransisco yasize avuze uburyo azashyingurwa bitandukanye nuko byakorwaga mbere! Ibirambuye…
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa Fransisco yasize avuze uburyo azashyingurwa bitandukanye nuko byakorwaga mbere! Ibirambuye…

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Papa Francisco wari ufite imyaka 88 y’amavuko yitabye Imana.

Bikubiye mu itangazo ubuyobozi bw’idini Gatolika ku isi bwashyize hanze, rikaba ryasomewe i Vatikan risomwa na Kardinal Kevin Ferrell.

Muri iryo tangazo yavuze ko Papa Fransisco yacikanye igihe c’isaha ya saa 7:35 z’igitondo ku masaha y’i Vatikani.

Bigenda gute iyo Papa apfuye:

Gushyingura Papa byahoze ari umuhango ukomeye kandi wategurwaga n’abayobozi ba komeye bo muri iri dini rya Gatolika, ariko mu minsi mike ishize, Papa Fransisco yemeza ko uwo muhango ugomba kuzajyutegurwa muburyo bworoheje.

Abandi bamubanjirije bahambwaga mu masanduku atatu akozwe mu biti bikomeye bya Sipure bimeze nk’ibyuma. Ibyo biti akaba ari ibyo mu bwoko bwa zinki.

Fransisco we avuga ko akwiye kuzashyingurwa mu isanduku y’igiti cyoroheje irimo umwambaro w’icyuma cya zink imbere.

Ubundi kandi apfuye yavanyeho umugenzo wo gushyira umurambo wa Papa ku ruhimbi rwizamuye ruzwi nka katafalike, muri Bazilila ya mutagatifu Petero kugira ngo ushyirwe ahagaragara abantu bawurebe.

Papa Fransisco yavuze ko abazaza ku mwunamira bazajya bareba umurambo uri mu isanduku ifunguye.

Uyu Papa avuga kandi ko agomba kuzashyingurwa hanze ya Vatikani, akazashyingurirwa muri Bazilika ya mutagatifu Mariya mukuru, imwe muri zabazilika 4 za Papa zibarizwa i Roma.

Ibitangazamamakuru byinshi, birimo n’icya BBC byavuze ko ubupapa bwa Fransisco bwazanye ibintu byinshi bishya, nubwo yakomeje kuvugurura kiliziya Gatolika, ariko yakomeje gukundwa n’abayoboke benshi b’idini Gatolika.

Yabaye Papa wa mbere ukomoka muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika no mu karere k’isi y’Amajyepfo. Kuva igihe cya Papa Gregori wa III wavukiye muri Siriya yapfuye mu 741, nta wundi mwepesikopi wa Roma wari waratoranyijwe atari Umunyaburayi.

Ikindi ni uko yari Papa wa mbere ukomoka mu muryango w’aba Yezuwite(Jeswit), umuryango utaravuzwe neza kandi wanakunze gukekwaho byinshi na Roma mu mateka.

Uwamubanjirije, ari we Papa Benedigito wa 16, yabaye uwa mbere usize ubupapa ku bushake mu gihe cy’imyaka hafi 600 kuko mu gihe cy’imyaka hafi icumi, ubusitani bwa Vatikani bwari bufite aba Papa babiri. Uyu Benedigito, nk’uko yari azwi icyo gihe nka Kalidinali Bergogilio wo muri Argentine, yari yarengeje imyaka 70 ubwo yatangiraga ubupapa mu 2013.

Tags: FransiscoPapaVatikani
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo mu gitero zagabye ahatuwe n’Abanyamulenge zakibabarijwemo.

Abasirikare b'u Burundi bo mu mutwe udasanzwe baguye mu mirwano i Fizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?