Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 9, 2025
in History
0
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Kiliziya Gatolika kuri ubu iraramutswa umushumba mushya ari we Papa Robert Francis Prevost, uyu niwe tugiye kuvuga ubuzima bwe nyuma y’aho atorewe kuyobora idini rya Gatolika risanzwe rifite ijambo rikomeye ku Isi.

Ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 08/05/2025, nibwo Robert Francis Prevost yatowe nyuma y’aho hazamutse umwotsi w’umweru nk’ikimenyetso cy’uko Papa mushya yabonetse.

Amateka ye agaragaza ko yavukiye muri Chicago ho muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, tariki ya 14/09/1955. Bivuze ko ari umugabo w’imyaka 70 y’amavuko.

I Se umubyara afite amamuko mu gihugu cy’u Bufaransa, mu gihe nyina umubyara we afite amamuko mu Butaliyani, usibye ko hari n’abandi mateka agaragaza ko nyina yaba akomoka muri Espagne, Se akaba afite amamuko mu Bufaransa no mu Butaliyani.

Kubijyanye n’indimi, bivugwa ko avuga ururimi rw’i Cyongereza, igitaliyano, igifaransa, ikiesipanye, igiportugali n’ikilatini cyinshi.

Robert Francis Prevost yize imibare, nyuma yongeraho na teolojia (Theology). Na none kandi yaje kuronka doctora mu mategeko ajyanye n’ibya Keleziya Gatolika.

Ahagana mu mwaka wa 1982, nibwo yagizwe Padili i Roma mu Butaliyani. Igihe kitari gito yakoreye uwo murimo mu gihugu cya Pérou muri Amerika y’Amajyepfo, ari naho yaherewe kuba umwepesikopi mu 2015, ayobora diocese ya Chiclayo.

Muri 2023, Papa Fransisco yamuhamagaye kuza gukorera i Vatikani, ari nabwo yahise amugira Cardinal.

Rero, ku munsi w’ejo hashyize, Cardinal Robert Francis Prevost atorerwa kuba umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi yose, aho asimbuye Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’ukwezi kwa kane. Robert Prevost ni we Papa wa 267; ubwo yahabwaga ijambo nyuma y’aho yari amaze gutorwa, yagaragaje ko atazaja kure n’imikorere ya Papa Fransisco uwo asimbuye.

Itorwa rya papa Robert Francis Prevost rikaba ryatangaje abatari bake, ni mu gihe atigeze avugwa cyane mu bashobora kuzaba Papa . Uyu akaba anabaye uwa mbere uva muri Amerika y’Amajyaruguru.

Tags: I VaticanPapa Robert
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?