• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

minebwenews by minebwenews
May 9, 2025
in sport & entertainment
0
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

You might also like

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kiliziya Gatolika kuri ubu iraramutswa umushumba mushya ari we Papa Robert Francis Prevost, uyu niwe tugiye kuvuga ubuzima bwe nyuma y’aho atorewe kuyobora idini rya Gatolika risanzwe rifite ijambo rikomeye ku Isi.

Ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 08/05/2025, nibwo Robert Francis Prevost yatowe nyuma y’aho hazamutse umwotsi w’umweru nk’ikimenyetso cy’uko Papa mushya yabonetse.

Amateka ye agaragaza ko yavukiye muri Chicago ho muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, tariki ya 14/09/1955. Bivuze ko ari umugabo w’imyaka 70 y’amavuko.

I Se umubyara afite amamuko mu gihugu cy’u Bufaransa, mu gihe nyina umubyara we afite amamuko mu Butaliyani, usibye ko hari n’abandi mateka agaragaza ko nyina yaba akomoka muri Espagne, Se akaba afite amamuko mu Bufaransa no mu Butaliyani.

Kubijyanye n’indimi, bivugwa ko avuga ururimi rw’i Cyongereza, igitaliyano, igifaransa, ikiesipanye, igiportugali n’ikilatini cyinshi.

Robert Francis Prevost yize imibare, nyuma yongeraho na teolojia (Theology). Na none kandi yaje kuronka doctora mu mategeko ajyanye n’ibya Keleziya Gatolika.

Ahagana mu mwaka wa 1982, nibwo yagizwe Padili i Roma mu Butaliyani. Igihe kitari gito yakoreye uwo murimo mu gihugu cya Pérou muri Amerika y’Amajyepfo, ari naho yaherewe kuba umwepesikopi mu 2015, ayobora diocese ya Chiclayo.

Muri 2023, Papa Fransisco yamuhamagaye kuza gukorera i Vatikani, ari nabwo yahise amugira Cardinal.

Rero, ku munsi w’ejo hashyize, Cardinal Robert Francis Prevost atorerwa kuba umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi yose, aho asimbuye Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’ukwezi kwa kane. Robert Prevost ni we Papa wa 267; ubwo yahabwaga ijambo nyuma y’aho yari amaze gutorwa, yagaragaje ko atazaja kure n’imikorere ya Papa Fransisco uwo asimbuye.

Itorwa rya papa Robert Francis Prevost rikaba ryatangaje abatari bake, ni mu gihe atigeze avugwa cyane mu bashobora kuzaba Papa . Uyu akaba anabaye uwa mbere uva muri Amerika y’Amajyaruguru.

Tags: I VaticanPapa Robert
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho  Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi Umwarimu wo muri Ghana, Richard Appiah Akoto, yagaragaye nk’icyitegererezo cy’ubwitange n’udushya mu burezi nyuma yo gukoresha ingwa n’ikibaho...

Read moreDetails

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails
Next Post
Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Rugezi yazindukiyemo ibitero bikaze by'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?