Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Patrick Muyaya yagaragaje ikizatuma RDC itsinda M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 21, 2024
in Uncategorized
0
Patrick Muyaya yagaragaje ikizatuma RDC itsinda M23.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Patrick Muyaya yagaragaje ikizatuma RDC itsinda M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yatangaje ko igihugu cye gukomeza kuvuga u Rwanda bizagihesha gutsinda intambara kirimo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Uyu muvugizi wa Leta ya Kinshasa yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC idatandukanye n’izahiritse ubutegetsi bw’abanje kuyobora iki gihugu burimo ubwa Lumumba Patrice waboneye iki gihugu ubwigenge, ubwa Mobutu n’ubwa Laurent Desire Kabila bwose yemeje ko bazize ubushotoranyi bw’u Rwanda.

Yashimangiye ko igihugu cye kizatsinda u Rwanda na M23 binyuze mu gukomeza kurushyiraho igitutu mu gihe inzego zose muri RDC zibishinzwe zizahaguruka zikamagana u Rwanda na M23.

Muyaya yavuze kandi ko ingabo za FARDC ziri gukora ibikorwa bihambaye bigaragarira mu kuba u Rwanda rwarohoreje izarwo 4000 ku butaka bwa RDC, ati “Bamwe bashobora kuvuga ko iki na kiriya nta bihari ariko ni ukwitonda. Iyaba ibintu byari byoroshye kuki u Rwanda rwashyizeyo ingabo ibihumbi bine kugira ngo zifate igice kimwe cy’ubutaka bw’igihugu cyacu? Ni ukubera ko twashoye ibishoboka mu gisirikare.”

Ibi Muyaya yavuze byerekana ko iki gihugu gikomeje kuguma ku murongo wacyo wo kutemera kuganira n’umutwe wa M23 kuri ubu zikomeje gufata kugakanu ingabo za leta mu bice byinshi byo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Congo yemera gusa ibiganiro yagirana n’igihugu cy’u Rwanda na byo abategetsi ba RDC bagashimangira ko ari ibigamije gusaba u Rwanda kubavira ku butaka. Ni mu gihe u Rwanda rwo ruvuga ko ruganira na Congo kungingo yo guhashya umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugambarira guhungabanya umutekano warwo.

Ibiganiro by’impande zombi bikaba biheruka kwemeza ko hazabaho gahunda ihuriweho yo kurwanya FDLR ariko ikazanajyanirana no gukurwaho kw’ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, inzobere mu byagisirikare b’impande zombi bakazaterana bitarenze ku wa 26/10/2024 barebera hamwe uko ibyo byose byakorwa.

           MCN.
Tags: MuyayaRwanda
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya perezida William Ruto irashinjwa gushaka kuroga Rigathi Gachagua.

Leta ya perezida William Ruto irashinjwa gushaka kuroga Rigathi Gachagua.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?