• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in World News
0
Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko kuyobora Abarundi bigoye, ngwasanga ahubwo yopfa kuyobora Abayahudi bo mu gihe cya Yesu.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ubutumwa perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aheruka gushira hanze, nk’uko tubibona mu mashusho akomeje gucicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, aho yagize ati: “Yesu nawe yayoboye indyandya gusa, abiyorobetsi, abibone, abantu batekereza ikibi gusa, kugezaho yigeze kubabwira ati ‘mwa mva mwe! Ibaze ku kubwirwa ko uri imva. Yesu aha yari yarushye.”

Yakomeje agira ati: “Yesu yigeze no kugera aho afata imigozi arayizingitiranya, maze ayikubita abantu! Bari bamugoye.”

Muri aya mashusho umukuru w’igihugu yakomeje kwerekana akababaro ke imbere y’abenegihugu abereye umuyobozi mukuru, aho yavuze kandi ku banyereza umutungo w’igihugu ariko ngo ikimutangaza amaso yaba basesagura ubutunzi bw’igihugu agahera mu kirere ashaka ibindi akomeza konona.

Ati: “Biba igihugu ariko ntibahaga, amaso yabo yaheze mu kirere barashaka ibyo baguma ko nona.”

Ku rundi ruhande Abarundi bibaza niba perezida wabo afite ububasha ku babangamiye ubutunzi bw’iki gihugu, ubwo ni abategetsi bigira ibitangaza nk’uko byagiye bigarukwaho na Pacifique Nininahazwe ushinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga, aho akunze kugaragaza ko muri iki gihugu cy’u Burundi hari abantu badakorwaho, abo yita “ibihangange ndakorwa ko.”

Ibi ngo bikaba bitanga isura itari nziza kuri perezida w’u Burundi imbere y’abenegihugu be.

       MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeYavuze abandi yifuza kuyobora batari Abarundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?