Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 10, 2024
in World News
0
Perezi w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari abandi yabasha kuyobora batari Abarundi, ngo kuko “Abarundi” bagoye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko kuyobora Abarundi bigoye, ngwasanga ahubwo yopfa kuyobora Abayahudi bo mu gihe cya Yesu.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ubutumwa perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aheruka gushira hanze, nk’uko tubibona mu mashusho akomeje gucicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, aho yagize ati: “Yesu nawe yayoboye indyandya gusa, abiyorobetsi, abibone, abantu batekereza ikibi gusa, kugezaho yigeze kubabwira ati ‘mwa mva mwe! Ibaze ku kubwirwa ko uri imva. Yesu aha yari yarushye.”

Yakomeje agira ati: “Yesu yigeze no kugera aho afata imigozi arayizingitiranya, maze ayikubita abantu! Bari bamugoye.”

Muri aya mashusho umukuru w’igihugu yakomeje kwerekana akababaro ke imbere y’abenegihugu abereye umuyobozi mukuru, aho yavuze kandi ku banyereza umutungo w’igihugu ariko ngo ikimutangaza amaso yaba basesagura ubutunzi bw’igihugu agahera mu kirere ashaka ibindi akomeza konona.

Ati: “Biba igihugu ariko ntibahaga, amaso yabo yaheze mu kirere barashaka ibyo baguma ko nona.”

Ku rundi ruhande Abarundi bibaza niba perezida wabo afite ububasha ku babangamiye ubutunzi bw’iki gihugu, ubwo ni abategetsi bigira ibitangaza nk’uko byagiye bigarukwaho na Pacifique Nininahazwe ushinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga, aho akunze kugaragaza ko muri iki gihugu cy’u Burundi hari abantu badakorwaho, abo yita “ibihangange ndakorwa ko.”

Ibi ngo bikaba bitanga isura itari nziza kuri perezida w’u Burundi imbere y’abenegihugu be.

       MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeYavuze abandi yifuza kuyobora batari Abarundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?