Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Bazoum, uheruka guhirikwa kubutegetsi, aratabaza ko inzara ishobora kumwica munzu afungiwemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida uheruka guhirikwa kubutegetsi aratabaza ko inzara ishobora kumwicira mu nzu yafungiranywemo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 11/08/2023, saa 7:35Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perezida Mohamed Bazoum uherutse guhirikwa ku butegetsi muri Niger, aratabaza avuga ko ubuzima bu mumereye nabi kuko ibyo kurya bigiye kumushirana ku buryo we n’umuryango bafite impungenge ko inzara ishobora kuzabica.

Uyu wahoze ari umukuru w’igihugu Mohamed Bazoum ibyumweru bibiri birarenga ahiritswe ku butegetsi na bamwe mu basirikare bari bashinzwe kumurinda, bamushinja gushyira Igihugu mu kangaratete.

Ibiro Ntaramakuru byomurico gihgugu Associated de Press bivuga ko kuva kw’itariki 26 z’ukwezi gushize kwakarindwi(7) aribwo Perezida Bazoum n’umuhungu we ndetse n’umwana we bafungiwe mu rugo rwabo.

Uretse kuba ibyo kurya ngo bigiye gushira dore ko basigaranye umuceri, ngo nta n’umuriro bafite nimugihe abamuhiritse kubutegetsi bahise bamukupira ibijanye na Mashanyarazi ndetse n’itumanaho.

Umujyanama wa Perezida avuga ko Bazoum atiteguye kwegura icyakora ngo aracyafite ubuzima bwiza nubwo yirinze gutangaza byinshi mu itangazamakuru.

Kuruyu wa kane w’ejo hashize inama ihuza abo mu muryango wa ECOWAS ngo baganiriye ku buryo bwo gusubiza ku butegetsi Perezida Bazoum nyuma y’uko nyirantarengwa bari bahaye abafashe ubutegetsi imaze iminsi itanu irenze.

Kimweho muriki gihugu uwahoze ari Nyeshamba yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose kugira ngo asubize Muhamed Bozaum ubutegetsi.

Ibi yabitangaje ku mugoroba wo ku itariki ya 08/08/2023, ni bwo yavuze ko yashinze umutwe yise Conseil de la résistance pour la République (CRR).

Uyu wanabaye Minisitiri w’ubukerarugendo muri Guverinoma ya Niger yise “Igisebo n’abagambanyi” abarimo Général Abdourahamane Tchiani wahiritse ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum mu byumweru bibiri bishize.

Byari mbere yo gusaba Ingabo za Niger guta muri yombi Gen Tchiani n’agatsiko k’abasirikare bamufashije kwigomeka.

Rhissa Ag Boula mu itangazo rye yanamaganye “Imyifatwarire igayitse ya bamwe mu bagize agatsiko kahiritse ubutegetsi ndetse no kuba bari kugerageza kwitabaza abarwanyi bo mu mutwe w’abacancuro ba Wagner.”

Yavuze ko we na CCR ye bazatanga ibyo bafite byose kugira ngo Mohamed Bazoum asubire mu nshingano ze, mbere yo gushimangira ko ashyigikiye umuryango wa CEDEAO n’abafatanyabikorwa bawo mu mugambi bafite wo gukoresha ingufu za gisirikare kugira ngo uriya wahoze ari Perezida wa Niger asubirane ubutegetsi bwe.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida wa Uganda, yavuze amagambo akomeye kucyemezo Bank y'Isi iheruka gufata cyo guhagarika inkunga cyagenera leta ya Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?