Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Bazouma, yasabye imiryango mpuza mahanga kumuha ubufasha akagaruka kubutegetsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Niger arahamagarira Amerika kumuha ubufasha akagaruka kubutegetsi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 04/08/2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perezida Bazouma Mohamed, wa Niger, uheruka guhirikwa kubutegetsi aratabaza ibihugu bikomeye kumuha imbaraga akagaruka kubutegetsi.
Bwana Bazouma yahiritswe kungoma nabari bashinzwe ku murinda kurubu yasabye imiryango mpuza mahanga na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kumuha “ubufasha.”

Icyumweru kirarangiye ubutegetsi muri Niger buhinduwe hakoreshejwe gukubita Coup d’etat, n’imugihe Gen Tchiani Abdourahamane umwe mubari bashinzwe kurinda perezida n’abambari be bakoresheje iyo bwakabaga bahirika perezida Bazouma.

Abari bashigikiye iri hirika ubutegetsi bwa perezida Bazouma Mohamed, biyerekanye mu mihanda kumurwa mukuru wa Niger, bambaye ibintu byose biranga igihugu c’u Burusiya ndetse ni bendera ryiki gihugu.

Abari mu mutwe wo guhirika ubutegetsi bwa perezida Bazouma Mohamed, bakimara guhirika ubutegetsi, bahise batangaza ko bahagaritse ba Ambasaderi bane biki gihugu ca Niger, uri Amerika, mu Bufaransa, Nigeriya na Togo. Ibi nibyaciye kuri television yigihugu mwijoro ryo kw’itariki 27/07/2023.

Kuruyu wa Kane bwana Bazouma Mohamed, wahiritswe ku butegetsi yaranditse asaba ko ibihugu bikomeye byamufasha kugaruka kubutegetsi.
Ati: “Nimunfashe ngwanirire indanga gaciro dusangiye ya Democrasi nokubahiriza itegeko nshinga ry’igihugu kuko niyo nzira yonyine ifasha ku kurwanya ubukene. Ndahamya neza ko Abanya-Niger ko batazigera bibagigwa inkunga yacu muriki gihugu.”

Yakomeje ati: “Ibihugu byose biri mukarere ka Sahel, mushobora kugwa mu mutego w’u Burusiya, bukoresheje Wagner, umutwe w’iterabwoba ukoreshwa na leta y’u Burusiya.”

Gusa ntakimenyetso kigaragara ko Wagner boba baragize uruhare mwihirika ubutegetsi muri Niger, nkuko bitangazwa na Washington Post, ariko ijambo ry’uhagarariye Wagner yahise atangaza ko kuba habaye Coup d’etat muri Niger ko ari intsinzi ikomeye mwisi.

Imiryango mpuza mahanga, irimo L’ONI, EU na leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamaganye iki gikorwa co guhirika ubutegetsi muri Niger.

Arinabwo leta Zunze Ubumwe za Amerika, zahise zihutira gukura Ambasaderi wabo muriki gihugu.

Umunyamabanga mukuru wa Amerika, Antony Blinken, yavuganye na bwana Bazouma, bakoresheje telephone ngendanwa , maze uyu muyobozi amwizeza ko Amerika irimo guharanira ubutegetsi bushingiye kuri Democrasi, kandi ko ubutegetsi bwatowe nabaturage aribwo bugomba gusubiraho.

Niger, n’ikimwe mubihugu bya Afrika bigize akarere ka Sahel, akarere gatuwe na Bajihadiste, aha muraka karere hibasiriwe na ma Coup d’etat dore ko Mali na Burkina Faso baguye muruyu mutego.

Iki gihugu kandi ca Niger n’igihugu gikungahaye kumabuye yagaciro harimo Iraniyumu nibindi.

Tags: Perezida Bazouma MohamedYasabye Amerika kumuha ubufasha akagaruka kubutegetsi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uburyo bwashizweho bwokurinda konti yawe ya Whatsapp.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?