• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyirl Ramaphosa na Evariste Ndayishimiye bemezanije gushigikira bundi bushya igisirikare cya Congo(RDC).

minebwenews by minebwenews
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyirl Ramaphosa na Evariste Ndayishimiye bemezanije gushigikira bundi bushya igisirikare cya  Congo(RDC).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I gihugu cy’u Burundi na Afrika y’Epfo byemezanije gushigikira bundi bushya RDC mu kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i byo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo na Félix Tshisekedi bemezanije, mu Nama y’u mwiherero, ubwo bari i Addis Ababa muri Ethiopa, ahari kubera i Nama igira iya 37 y’abakuru b’i bihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe.

Abo bakuru b’i bihugu uko ari batatu bakaba bahuye m’urwego rwo kurebera hamwe kugira barusheho kugira ubufatanye no gushigikira perezida Félix Tshisekedi mu kurwanya M23.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro ntara makuru bya Bafaransa AFP, bivuga ko abakuru b’ibihugu uko ari bitatu, bemezanije kongera kohereza abasirikare ba Afrika y’Epfo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu buryo bwo ku nganira abari basanzweyo, mu butumwa bwa SADC.

Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa RDC, hasanzwe yo n’ubundi aba Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

K’urundi ruhande hakaba hasanzwe yo n’ingabo z’u Burundi, n’ubwo leta ya Evariste Ndayishimiye ibihakana kugeza kuri ubu.

Na none kandi abakuru b’ibihugu bemezanije gusimbataza imigenderanire y’ibihugu basanzwe ba bereye abayobozi bakuru.

Bruce Bahanda.

Tags: Bemezanije gushigikira bundi bushyaEvariste NdayishimiyeIgisirikare cya RDCPerezida Cyirl Ramaphosa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage baturiye ibice bigenzurwa n’u mutwe wa M23, bashiriweho amabwiriza mashya arushaho kunoza ibikorwa bi bafasha kwiteza imbere.

Abaturage baturiye ibice bigenzurwa n'u mutwe wa M23, bashiriweho amabwiriza mashya arushaho kunoza ibikorwa bi bafasha kwiteza imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?