• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyril Ramaphosa, uheruka gutangaza ko agiye guhindura imyumvire ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, yitezwe i Kampala.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyril Ramaphosa, uheruka gutangaza ko agiye guhindura imyumvire ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, yitezwe i Kampala.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yitezwe mu gihugu cya Repubulika ya Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byashizwe hanze na minisiteri y’u banye n’amahanga y’igihugu cya Uganda, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024.

Aho yavuze ko Perezida Cyril Ramaphosa ategerejwe i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda, ku wa Mbere wi Cyumweru gitaha tariki ya 15/04/2024.

Avuga ko azakirwa na perezida Yoweli Kaguta Museveni. Uru ruzinduko rukaba rugamije kunoza umubano w’ibihugu byombi nk’uko iriya minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Uganda yakomeje ibivuga.

Aba bakuru bi bihugu byombi baherukaga guhura mu ntangiriro z’umwaka ushize, ubwo perezida Yoweli Kaguta Museveni yari yitabiriye i Nama yigaga ku bucuruzi, ubukerarugendo n’ishoramari. Iyo Nama yari yabereye i Pretoria mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa i Kampala, rukaba rugiye kuba nyuma y’uko yari aheruka i Kigali mu Rwanda, aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Muri uru ruzinduko rwa Ramaphosa yari yagiriye i Kigali, yavuze ko yarwungukiyemo byinshi ku byerekeye intambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ndetse muri icyo gihe ahita ambwira itangaza makuru ry’i Kigali ko agiye kugira ibyo ahindura, kandi avuga ko ibibazo by’u Burasirazuba bwa RDC, ko bitagomba gukemurwa munzira y’intambara ko hubwo bigomba gukemurwa munzira ya politiki.

          MCN.
Tags: Afrika y'EpfoCyril RamaphosaImyumvireMuseveniUgandaYitezwe i Kampala
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge(Tutsi ), Harera Biganiro, wari umaze igihe kirekire yaraburiwe irengero, byamenyekanye ko yapfuye.

Umunyamulenge(Tutsi ), Harera Biganiro, wari umaze igihe kirekire yaraburiwe irengero, byamenyekanye ko yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?