Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Evariste Ndayishimiye agiye gutsimburwa kuyobora u muryango wa EAC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hateganijwe i Nama muri uku kwezi kwa Cyumi numwe(11), izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba ikazabera Arusha, kumurwa Mukuru w’igihugu ca Tanzania, aho biteganyijwe ko Perezida ndayishimiye w’u Burundi azasimburwa na Salva Kiir kuri uyu mwanya.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Gusa manda ya Perezida Ndayishimiye, w’u Burundi, yarangiye muri uku kwezi dusoje uyu mwaka bityo akaba agomba gusimburwa kuri uyu mwanya.

Biteganijwe ko i Nama y’aba bakuru b’ibihugu bya EAC izaba mu cyumweru gitaha, tariki 23-24 z’ukwezi kwa 11 aho biteganijwe ko abakuru b’ibihugu bya EAC nabo bazaganira ku bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere ndetse no kwihaza mu biribwa.

Perezida wa Sudan y’Epfo, Salva Kiir agiye kuyobora uyu muryango wa EAC, mu gihe akarere karimo kuganira ku mahoro n’umutekano cyane cyane ikibazo cya Sudani na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni mu gihe kandi Sudani y’Epfo nayo iri mu bihugu byohereje ingabo mu M’uburasirazuba bwa Congo, gufasha kugarura amahoro mu ntambara ishamiranyije iki gihugu n’inyeshyamba za M23.

Ndayishimime, usanzwe ari kuri ubu buyobozi, yatowe umwaka ushize n’abakuru b’Ibihugu bya Afrika y’Iburasirazuba mu nama ya 22 isanzwe y’abakuru b’Ibihugu bya EAC yabereye Arusha, muri Tanzaniya.Yasimbuye icyo gihe Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta.

EAC isanzwe igizwe n’ibihugu birindwi aribyo u Burundi, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kenya, u Rwanda, Sudani y’Amajyepfo, Uganda na Tanzaniya, icyicaro gikuru cya EAC kiri Arusha muri Tanzaniya.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Undi musirikare w'u Munyamulenge, mungabo za FARDC, Captain Kabongo, yishwe urupfu ruteye agahinda azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?