Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi ari i New York mu Nama ya L’ONI igira iya 78, yavuze amagambo asharira Abazungu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 23, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nama igira iya 78 y’umuryango wa L’ONI, ikaba yara teraniye mu Mujyi wa New York, muri Leta Z’unze Ubumwe za Amerika, Perezida w’u Burundi y’umvikanye mu majwi avuga amagambo akakaye ndetse anasharirira ibihugu by’abagashaka buhake .

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nimugihe yavuze ko ibihugu by’itwa ko bikomeye bishaka kugumisha m’ubukene ibihugu bikenye n’ibikiri munzira y’amajyambere akaba yatanze urugero kunfashanyo biriya bihugu byarutura biheza ibikiri munzira y’amajyambere aho bisaba amananiza ndetse bigashiraho n’agaciro kamabuye y’Agaciro uko byishakiye.

Iy’inkuru Minembwe Capital News, dukesha VOA, ivuga ko perezida Evariste Ndayishimiye yanabashije kw’ibutsa ibihugu biteraniye mur’iyi Nama ko Isi iriko irahura n’ibibazo bikomeye kandi ko abayituye akaba aribo bagirwaho n’ingaruka zayo.

Mur’iyi Nama ngaruka mwaka Evariste Ndayishimiye, yongeye gusaba abayobozi bagenzi be kugirana ubwumvikane ndetse nokwizerana ko aribyo byakabaye biranga ibihugu byamaze guter’imbere mu majambere n’ibikiri mu bukene.

Aho yanavuze ko hakagombye kuba imigenzo myiza ikaranga ibihugu bimaze gutunga. Ibi yabivuze ngo mugihe hari ibihugu bimaze gukira ariko ugasanga biracinyiza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere kugirango bizahore bibapfukamira.

Kubwa Evariste Ndayishimiye, we ngo kandi abona ubukoloni ko ntaco bwakoze ngo kuko icambere bwariguhuza imico n’ubumenyi n’imigendereranire yogufashanya, aho kubigisha gusabiriza noguhora m’ubukene.

Yanashimangiye avuga ko ubukoloni bukiriho ariko ko bwahinduye inshusho aho usanga ibihugu bikize byivanga m’ubuyobozi bw’ibihugu bikiri munzira y’amajyambere ndetse ko bihemba ibihembo bigayitse kumabuye yagachiro acukurwa mubihugu bikenye .

Amategeko akakaye ashirwaho nikigege cisi ndetse na FMI na Banki y’Isi aho infashanyo yahabwaga ibihugu bikenye itagihabwa ibihugu ahubwo igahabwa amashirahamwe yigenga

Uyu mugabo yavuzeko birirwa biga invugo zuzuye uburyarya bukomeye bukorwa n’ibihugu bikize.

By Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeI New YorkiNama igira iya 78Perezida w'u BurundiYa L'ONIYavuze amagambo asharira Abazungu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ibikomeje kuvugwa n'abategetsi ba Kinshasa ngo byerekana ico Uburasirazuba bwa RDC buhatse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?