• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’u muryango w’Afrika y’i Burasirazuba, Salva Kiir Mayardit kuri uyu wa Kane, tariki ya 23/02/2024, yagiranye ibiganiro na perezida w’u Burundi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Salva Kiir Mayardit yageze i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u butunzi w’igihugu cy’u Burundi, aho yari kumwe n’itsinda bagendanye ririmo umunyabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC, Peter Mathuki, ukomoka mu gihugu cya Kenya.

Nk’uko bya vuzwe n’ibiro bikuru by’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi, Ntare rushatsi, bivuga ko Salva Kiir Mayardit, hamwe n’itsinda bagendanye ko bakiririwe ku k’ibuga cy’indege, bakirwa na minisitiri Gervais Abayeho.

Ibi biro by’u mukuru w’igihugu binavuga ko Kiir Mayardit ko yahise ajya ku bonana na Ndayishimiye, maze ngo baza kuganira ku bibazo by’u garije akarere harimo n’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uruzinduko rwa Salva Kiir Mayardit, mu karere k’ibiyaga bigari, u Rwanda, RDC n’u Burundi, rugamije kuzahura umubano hagati y’ibi bihugu byo mu karere, nk’uko bya vuzwe kuva akigera i Kigali mu Rwanda.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda na Salva Kiir Mayardit bagarutse ku mwuka w’intambara uri mu Burasirazuba bwa RDC, bagaragaza ko amahoro n’u mutekano ari ingenzi kugira ngo imibereho y’abaturage n’ubukungu bitere imbere.

Aba bakuru bi bihugu byombi bavuga ko amahoro yo garuka mu Burasirazuba bwa RDC mu gihe hubahirijwe amasezerano ya Luanda na Nairobi, yo mu 2022.

U Burundi, u Rwanda na Congo Kinshasa, n’ibihugu muri iy’i minsi birebana ayingwe, buri gihugu gishinja icyabo gufasha imitwe y’inyeshamba irwanya buri kimwe muri ibi.

By’u mu ihariko u Burundi bufite ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, aba basirikare b’u Burundi bashinjwa kurwanya M23.

Kagame w’u Rwanda na Salva Kiir bagaragaje impungenge ko intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC yakwaguka igakwira a karere kose.

Perezida wa Sudan y’Epfo arava i Bujumbura ahite yerekeza i Kinshasa, kumurwa mukuru w’igihugu cya RDC, aho aza kugirana ibiganiro na perezida Félix Tshisekedi.

                    MCN.
Tags: Baganira ku mutekano mikePerezida Evariste NdayishimiyeU Burasaba bwa RDCYakiriye Salva Kiir Mayardit
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw’i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n’impamvu y’ubwo bukene.

Igihugu cy'u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw'i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n'impamvu y'ubwo bukene.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?