• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Evariste Ndayishimiye, yakiriye mu genzi we Salva Kiir Mayardit, baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Sudan y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’u muryango w’Afrika y’i Burasirazuba, Salva Kiir Mayardit kuri uyu wa Kane, tariki ya 23/02/2024, yagiranye ibiganiro na perezida w’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Salva Kiir Mayardit yageze i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u butunzi w’igihugu cy’u Burundi, aho yari kumwe n’itsinda bagendanye ririmo umunyabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC, Peter Mathuki, ukomoka mu gihugu cya Kenya.

Nk’uko bya vuzwe n’ibiro bikuru by’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi, Ntare rushatsi, bivuga ko Salva Kiir Mayardit, hamwe n’itsinda bagendanye ko bakiririwe ku k’ibuga cy’indege, bakirwa na minisitiri Gervais Abayeho.

Ibi biro by’u mukuru w’igihugu binavuga ko Kiir Mayardit ko yahise ajya ku bonana na Ndayishimiye, maze ngo baza kuganira ku bibazo by’u garije akarere harimo n’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uruzinduko rwa Salva Kiir Mayardit, mu karere k’ibiyaga bigari, u Rwanda, RDC n’u Burundi, rugamije kuzahura umubano hagati y’ibi bihugu byo mu karere, nk’uko bya vuzwe kuva akigera i Kigali mu Rwanda.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda na Salva Kiir Mayardit bagarutse ku mwuka w’intambara uri mu Burasirazuba bwa RDC, bagaragaza ko amahoro n’u mutekano ari ingenzi kugira ngo imibereho y’abaturage n’ubukungu bitere imbere.

Aba bakuru bi bihugu byombi bavuga ko amahoro yo garuka mu Burasirazuba bwa RDC mu gihe hubahirijwe amasezerano ya Luanda na Nairobi, yo mu 2022.

U Burundi, u Rwanda na Congo Kinshasa, n’ibihugu muri iy’i minsi birebana ayingwe, buri gihugu gishinja icyabo gufasha imitwe y’inyeshamba irwanya buri kimwe muri ibi.

By’u mu ihariko u Burundi bufite ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, aba basirikare b’u Burundi bashinjwa kurwanya M23.

Kagame w’u Rwanda na Salva Kiir bagaragaje impungenge ko intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC yakwaguka igakwira a karere kose.

Perezida wa Sudan y’Epfo arava i Bujumbura ahite yerekeza i Kinshasa, kumurwa mukuru w’igihugu cya RDC, aho aza kugirana ibiganiro na perezida Félix Tshisekedi.

                    MCN.
Tags: Baganira ku mutekano mikePerezida Evariste NdayishimiyeU Burasaba bwa RDCYakiriye Salva Kiir Mayardit
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw’i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n’impamvu y’ubwo bukene.

Igihugu cy'u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw'i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n'impamvu y'ubwo bukene.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?