Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ni Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, uvuga ko mu myaka itanu gusa Tshisekedi amaze ku butegetsi yashize igihugu mu madeni arenze urugero, iki gihugu kitigeze kigira.

Ibi bwana Franck Diongo wo mwishyaka rya MLP(Mouvement Lumumbiste Progressiste), yabivuze ubwo yari mu kiganiro cyabaye mu ntangiriro z’iki Cyumweru, aho yakigiranye n’abanyamakuru, i Bruxelles mu Bibiligi, ku mu gabane w’u Butayi.

Muri iki kiganiro yavuze ko perezida Félix Tshisekedi yageze ku butegetsi mu 2019, asanga Joseph Kabila yarasize miliyali zitatu z’u mwenda ku myaka 18 yamaze ayoboye Congo Kinshasa. Avuga ko kuri ubu igihugu imyenda gifite irenga miliyali icumi z’amadolari y’Amerika mu myaka itanu Tshisekedi amaze ku ngoma gusa.

Mu gihe Marshal Mobutu we yasize umwenda ungana na miliyali icumi nine z’amadolari y’Amerika , ku myaka 32 yamaze ayoboye iki gihugu. Kandi avuga ko Mobutu yasize yubatse urugomero rwa Inga ndetse ngo n’ibindi bikorwa byindashikirwa yakoreye muri iki gihugu.

Yanagaragaje ko iki gihugu kubwa Tshisekedi cyagize ubukene buri ku kigero cya 74,6 ku ijana, avuga kandi ko Tshisekedi atari gutsinda amatora yo mu mwaka ushize ko hubwo hari hatsinze Moïse Katumbi.

Yagize ati: “Sinemera ko Tshisekedi ko yoba yaratsinze Moïse Katumbi mu matora y’ubushize. Yotsinda gute umuntu ushira igihugu mu kaga, hubwo yibye amajwi.”

Ibi abivuze mu gihe ibihugu by’ibumbiye mu bumwe bw’u Burayi biheruka gutangaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa butashize ingufu kugira ngo intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’iki gihugu irangire, nk’uko byatangajwe na komiseri mukuru w’uyu muryango, ubwo aheruka i Goma.

              MCN.
Tags: RdcTshilomboTshisekediUmwenda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Comments 1

  1. Muhoza Athanase says:
    12 months ago

    Thé news

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?