Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

You might also like

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

Ni Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, uvuga ko mu myaka itanu gusa Tshisekedi amaze ku butegetsi yashize igihugu mu madeni arenze urugero, iki gihugu kitigeze kigira.

Ibi bwana Franck Diongo wo mwishyaka rya MLP(Mouvement Lumumbiste Progressiste), yabivuze ubwo yari mu kiganiro cyabaye mu ntangiriro z’iki Cyumweru, aho yakigiranye n’abanyamakuru, i Bruxelles mu Bibiligi, ku mu gabane w’u Butayi.

Muri iki kiganiro yavuze ko perezida Félix Tshisekedi yageze ku butegetsi mu 2019, asanga Joseph Kabila yarasize miliyali zitatu z’u mwenda ku myaka 18 yamaze ayoboye Congo Kinshasa. Avuga ko kuri ubu igihugu imyenda gifite irenga miliyali icumi z’amadolari y’Amerika mu myaka itanu Tshisekedi amaze ku ngoma gusa.

Mu gihe Marshal Mobutu we yasize umwenda ungana na miliyali icumi nine z’amadolari y’Amerika , ku myaka 32 yamaze ayoboye iki gihugu. Kandi avuga ko Mobutu yasize yubatse urugomero rwa Inga ndetse ngo n’ibindi bikorwa byindashikirwa yakoreye muri iki gihugu.

Yanagaragaje ko iki gihugu kubwa Tshisekedi cyagize ubukene buri ku kigero cya 74,6 ku ijana, avuga kandi ko Tshisekedi atari gutsinda amatora yo mu mwaka ushize ko hubwo hari hatsinze Moïse Katumbi.

Yagize ati: “Sinemera ko Tshisekedi ko yoba yaratsinze Moïse Katumbi mu matora y’ubushize. Yotsinda gute umuntu ushira igihugu mu kaga, hubwo yibye amajwi.”

Ibi abivuze mu gihe ibihugu by’ibumbiye mu bumwe bw’u Burayi biheruka gutangaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa butashize ingufu kugira ngo intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’iki gihugu irangire, nk’uko byatangajwe na komiseri mukuru w’uyu muryango, ubwo aheruka i Goma.

              MCN.
Tags: RdcTshilomboTshisekediUmwenda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n'abatwara ibinyabiziga. Umwuka mubi wavutse hagati ya guverinoma y'u Burundi n'abatwara abagenzi mu buryo busanzwe, ibyanatumye ingendo zihuza umujyi wa...

Read moreDetails

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR.

RDC irasabwa kugaragaza ubushake bwo kurandura FDLR. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikwiye kugaragaza ubushake bwo kurandura umutwe w'iterabwoba...

Read moreDetails

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

by Bruce Bahanda
July 30, 2025
0
Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC.

Abasirikare ba Uganda batatu baguye muri RDC. Abasirikare batatu b'igisirikare cya Uganda baguye mu mpanuka y'imodoka yabereye mu mujyi wa Bunia mu ntara ya Ituri. Ni impanuka yatwaye...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ni we nyiribayazana w'ibibazo bitagura iherezo hagati y'igihugu cye n'icy'u Rwanda,...

Read moreDetails

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Comments 1

  1. Muhoza Athanase says:
    1 year ago

    Thé news

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?