• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

minebwenews by minebwenews
June 22, 2024
in Regional Politics
1
Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi arashinjwa gushira igihugu mu myenda kitigeze kigira n’ikindi gihe.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, uvuga ko mu myaka itanu gusa Tshisekedi amaze ku butegetsi yashize igihugu mu madeni arenze urugero, iki gihugu kitigeze kigira.

Ibi bwana Franck Diongo wo mwishyaka rya MLP(Mouvement Lumumbiste Progressiste), yabivuze ubwo yari mu kiganiro cyabaye mu ntangiriro z’iki Cyumweru, aho yakigiranye n’abanyamakuru, i Bruxelles mu Bibiligi, ku mu gabane w’u Butayi.

Muri iki kiganiro yavuze ko perezida Félix Tshisekedi yageze ku butegetsi mu 2019, asanga Joseph Kabila yarasize miliyali zitatu z’u mwenda ku myaka 18 yamaze ayoboye Congo Kinshasa. Avuga ko kuri ubu igihugu imyenda gifite irenga miliyali icumi z’amadolari y’Amerika mu myaka itanu Tshisekedi amaze ku ngoma gusa.

Mu gihe Marshal Mobutu we yasize umwenda ungana na miliyali icumi nine z’amadolari y’Amerika , ku myaka 32 yamaze ayoboye iki gihugu. Kandi avuga ko Mobutu yasize yubatse urugomero rwa Inga ndetse ngo n’ibindi bikorwa byindashikirwa yakoreye muri iki gihugu.

Yanagaragaje ko iki gihugu kubwa Tshisekedi cyagize ubukene buri ku kigero cya 74,6 ku ijana, avuga kandi ko Tshisekedi atari gutsinda amatora yo mu mwaka ushize ko hubwo hari hatsinze Moïse Katumbi.

Yagize ati: “Sinemera ko Tshisekedi ko yoba yaratsinze Moïse Katumbi mu matora y’ubushize. Yotsinda gute umuntu ushira igihugu mu kaga, hubwo yibye amajwi.”

Ibi abivuze mu gihe ibihugu by’ibumbiye mu bumwe bw’u Burayi biheruka gutangaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa butashize ingufu kugira ngo intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’iki gihugu irangire, nk’uko byatangajwe na komiseri mukuru w’uyu muryango, ubwo aheruka i Goma.

              MCN.
Tags: RdcTshilomboTshisekediUmwenda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Comments 1

  1. Muhoza Athanase says:
    1 year ago

    Thé news

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?