Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ntarabasha ku menyekana ariko hari abahabwa amahirwe.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni Augustin Kabuya uhabwa amahirwe yo kuba yaba minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, atsimbuye Michel Sama Lukonde. Tariki ya 10/03/2024, Kabuya ya menyesheje abayoboke ba UDPS ni huriro rya Union Sacree, maze ababwira ko icyo cyifuzo ko ari ukuba visi perezida w’inteko ishinga amatego, umutwe wa badepite.

Muri iki kiganiro, Kabuya yasobanuye ko umwanya wa minisitiri w’intebe uzahabwa abo mu ishyaka rya UDPS, abisobanurira abari muri iyo Nama ko ari byo perezida Félix Tshisekedi ya musezeranije.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi bivugwa ko ategereje raporo yasabye umunyabanga mukuru w’ishyaka UDPS, Augustin Kabuya, ni mu gihe ariwe yahaye inshingano zo ku mushakira amakuru mu mitwe y’abanyapolitike ku bashobora kuba abaminisitiri. Ibi Kabuya yabihawe kuva tariki ya 07/02/2024.

Kurundi ruhande bamwe mu bagize indi mitwe ya politike iri mu ihuriro union sacre bifuza ko uyu mwanya wahabwa undi utari muri UDPS, cyane ko yo ifite umwanya uri hejuru y’indi yose mu gihugu.

Mu makuru yatangajwe n’ibitangaza makuru cya Bafaransa, Jeunne Afrique, cyagaragaje ko mubashobora kuvamo minisitiri w’intebe muri RDC harimo Jaquemain Shabani wabaye umunyabanga mukuru wa UDPS kuva mu mwaka w’ 2011 kugeza 2012, akaba umujyanama wa Tshisekedi muri politike.

Iki gitangaza makuru ki kavuga ko bivanye naho Shabani akomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishobora kumuha kuba minisitiri w’intebe, kugira azagire uruhare rufatika mukugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Undi uhabwa amahirwe ni Fabien Mutombo, ukomoka muri Katanga, akaba ayoboye Sosiyete SNCC ishinzwe imihanda ya gari ya Moshi. Ashobora guhabwa amahirwe, hashingiwe ku kuba perezida Félix Tshisekedi kuva yajya ku butegetsi 2019, uwo mwanya awuha abakomoka muri Katanga.

Bwana Michel Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe, yahawe uyu mwanya tariki ya 15/02/2021, ubwo yari atsimbuye Sylvestre Illunga Ilukamba. Lukonde yeguye tariki ya 20/02/2024.

Kugeza ubu umutsimbura ntaraboneka n’ubwo hari benshi bari guhabwa ayamahirwe.

              MCN.
Tags: Minisitiri w'intebeTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Umugaba mukuru w'i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?