• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ntarabasha ku menyekana ariko hari abahabwa amahirwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni Augustin Kabuya uhabwa amahirwe yo kuba yaba minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, atsimbuye Michel Sama Lukonde. Tariki ya 10/03/2024, Kabuya ya menyesheje abayoboke ba UDPS ni huriro rya Union Sacree, maze ababwira ko icyo cyifuzo ko ari ukuba visi perezida w’inteko ishinga amatego, umutwe wa badepite.

Muri iki kiganiro, Kabuya yasobanuye ko umwanya wa minisitiri w’intebe uzahabwa abo mu ishyaka rya UDPS, abisobanurira abari muri iyo Nama ko ari byo perezida Félix Tshisekedi ya musezeranije.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi bivugwa ko ategereje raporo yasabye umunyabanga mukuru w’ishyaka UDPS, Augustin Kabuya, ni mu gihe ariwe yahaye inshingano zo ku mushakira amakuru mu mitwe y’abanyapolitike ku bashobora kuba abaminisitiri. Ibi Kabuya yabihawe kuva tariki ya 07/02/2024.

Kurundi ruhande bamwe mu bagize indi mitwe ya politike iri mu ihuriro union sacre bifuza ko uyu mwanya wahabwa undi utari muri UDPS, cyane ko yo ifite umwanya uri hejuru y’indi yose mu gihugu.

Mu makuru yatangajwe n’ibitangaza makuru cya Bafaransa, Jeunne Afrique, cyagaragaje ko mubashobora kuvamo minisitiri w’intebe muri RDC harimo Jaquemain Shabani wabaye umunyabanga mukuru wa UDPS kuva mu mwaka w’ 2011 kugeza 2012, akaba umujyanama wa Tshisekedi muri politike.

Iki gitangaza makuru ki kavuga ko bivanye naho Shabani akomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishobora kumuha kuba minisitiri w’intebe, kugira azagire uruhare rufatika mukugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Undi uhabwa amahirwe ni Fabien Mutombo, ukomoka muri Katanga, akaba ayoboye Sosiyete SNCC ishinzwe imihanda ya gari ya Moshi. Ashobora guhabwa amahirwe, hashingiwe ku kuba perezida Félix Tshisekedi kuva yajya ku butegetsi 2019, uwo mwanya awuha abakomoka muri Katanga.

Bwana Michel Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe, yahawe uyu mwanya tariki ya 15/02/2021, ubwo yari atsimbuye Sylvestre Illunga Ilukamba. Lukonde yeguye tariki ya 20/02/2024.

Kugeza ubu umutsimbura ntaraboneka n’ubwo hari benshi bari guhabwa ayamahirwe.

              MCN.
Tags: Minisitiri w'intebeTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Umugaba mukuru w'i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?