• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ntarabasha ku menyekana ariko hari abahabwa amahirwe.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni Augustin Kabuya uhabwa amahirwe yo kuba yaba minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, atsimbuye Michel Sama Lukonde. Tariki ya 10/03/2024, Kabuya ya menyesheje abayoboke ba UDPS ni huriro rya Union Sacree, maze ababwira ko icyo cyifuzo ko ari ukuba visi perezida w’inteko ishinga amatego, umutwe wa badepite.

Muri iki kiganiro, Kabuya yasobanuye ko umwanya wa minisitiri w’intebe uzahabwa abo mu ishyaka rya UDPS, abisobanurira abari muri iyo Nama ko ari byo perezida Félix Tshisekedi ya musezeranije.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi bivugwa ko ategereje raporo yasabye umunyabanga mukuru w’ishyaka UDPS, Augustin Kabuya, ni mu gihe ariwe yahaye inshingano zo ku mushakira amakuru mu mitwe y’abanyapolitike ku bashobora kuba abaminisitiri. Ibi Kabuya yabihawe kuva tariki ya 07/02/2024.

Kurundi ruhande bamwe mu bagize indi mitwe ya politike iri mu ihuriro union sacre bifuza ko uyu mwanya wahabwa undi utari muri UDPS, cyane ko yo ifite umwanya uri hejuru y’indi yose mu gihugu.

Mu makuru yatangajwe n’ibitangaza makuru cya Bafaransa, Jeunne Afrique, cyagaragaje ko mubashobora kuvamo minisitiri w’intebe muri RDC harimo Jaquemain Shabani wabaye umunyabanga mukuru wa UDPS kuva mu mwaka w’ 2011 kugeza 2012, akaba umujyanama wa Tshisekedi muri politike.

Iki gitangaza makuru ki kavuga ko bivanye naho Shabani akomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishobora kumuha kuba minisitiri w’intebe, kugira azagire uruhare rufatika mukugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Undi uhabwa amahirwe ni Fabien Mutombo, ukomoka muri Katanga, akaba ayoboye Sosiyete SNCC ishinzwe imihanda ya gari ya Moshi. Ashobora guhabwa amahirwe, hashingiwe ku kuba perezida Félix Tshisekedi kuva yajya ku butegetsi 2019, uwo mwanya awuha abakomoka muri Katanga.

Bwana Michel Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe, yahawe uyu mwanya tariki ya 15/02/2021, ubwo yari atsimbuye Sylvestre Illunga Ilukamba. Lukonde yeguye tariki ya 20/02/2024.

Kugeza ubu umutsimbura ntaraboneka n’ubwo hari benshi bari guhabwa ayamahirwe.

              MCN.
Tags: Minisitiri w'intebeTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Umugaba mukuru w'i ngabo za Sudan, yatangaje ko bari mu ntambara ya makundura yo guhashya abarwanyi ba RSF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?