Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 27, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bidasubirwaho, ngo yananiwe ku mara intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye, ndetse no kuyitsinda, bikaba bi muri kure nk’u kwezi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ibyo abasesenguzi bavuga, nk’uko ibi tubikura ku Kinyamakuru cya Kigali To day.

Umwe mu basesenguzi ukurikiranira hafi politike yo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Hon. Evode Uwizeyimana, avuga ko burigihe uhora ushira ibibazo byawe ko bituruka ahandi, biba ari ukongera ibibi no guhunga icyo wagakwiye gukora kugira ngo birangire.

Yavuze ko ibibazo biri muri RDC Perezida Félix Tshisekedi ko hari bimwe ya sanzeho, kandi bisinziriye, none aho bigeze bikaba birenze ubushobozi bwe bwo kubikemura abihereye mu mizi.

Ikinyamakuru Kigali To day, ki vuga ko iki kiganiro ko cyatambutse kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, mu kiganiro kizwi nka “Waramutse Rwanda,” gica kuri televisiyo Rwanda.

Muri icyo kiganiro, Hon Evode Uwizeyimana, yagize ati: “Ibibazo byo muri Congo bikomoka ku gihe cy’Abakoloni, uko imipaka yagabanijwe, kwe mera ko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda ari abanyekongo ubundi ukabihakana ko ibyo ari ukwivuguruza.”

Avuga ko imyigaragambyo ikunze kubera muri RDC iterwa ngo nokuba ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi na leta Zunze Ubumwe z’Amerika bitamagana u Rwanda.

Ati: “Wa bonye ko bibasira inyubako za Monusco n’imodoka zabo harimo amabendera ya biriya bihugu, ni ukuvuga ko ibyo ngibyo ubwabyo, ni nko gukorwa n’isoni, ntiyemera ko intambara ya munaniye kandi ari yo mahitamo yahisemo.”

Evode yasobanuye ko hatsinda impamvu kuruta uko hatsinda imbunda umuntu afite.

Yagize ati: “Nubwo imbunda na zo zigira icyo zimara ariko umwenegihugu urwanira uburenganzira bwe, we aba yiteguye gupfira ku butaka bwe arwanira, kuruta umucanshuro urwanira inyungu no ku kibazo atazi.”

Iki Kinyamakuru cya komeje kivuga ko hari undi musesenguzi uvuga ko “ngo gufata ingabo ninshi z’ibihugu bitandukanye, zifite imyumvire itandukanye zigahurizwa mu mitwe y’itwaje imbunda, rimwe narimwe itaratojwe neza kandi itazi iby’urugamba, ngo amabwiriza (commandement) y’urugamba nti yahura.”

Bakomeza bati: “Hari abafite impamvu y’u rwango, hari abaje gutabara igihugu batazi impamvu baje kugitabara kubera inyungu z’abayobozi b’i bihugu byabo, abo bose kubahuriza hamwe ukabaha amabwiriza ntabwo byoshoboka habe nagato.”

Basobanura ko urugamba ari impamvu bityo ko niyo wazana ingabo nyinshi, ibikoresho byinshi, ariko impamvu zidahuye utatsinda urugamba.

Intambara ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, akenshi ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buyegeka ku Rwanda na rwo rukabihakana.

Ikiganiro perezida Félix Tshisekedi Tshilombo aheruka gukorana n’itangaza makuru i Kinshasa, kiza no kunyura kuri televisiyo y’igihugu cya RDC, yavuze ko u Rwanda rukijijwe n’amabuye y’agaciro, ndetse nibiribwa rusahura i Gihugu ayo boye.

Muri icyo kiganiro yumvikanishije ko u Rwanda ari rwo ntandaro y’ibibazo RDC ihura nabyo ndetse aza no kwa magana umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) uherutse gusinyana amasezerano n’u Rwanda.

Ibyo kubihoramo sicyo gisubizo.

         MCN.
Tags: EvodeIntambaraTshisekedi yatsinze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Olivier Rumenge Rugeyo, yagize icyavuga ku banyapolitike barema amacyakubiri mu banyekongo.

Olivier Rumenge Rugeyo, yagize icyavuga ku banyapolitike barema amacyakubiri mu banyekongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?