• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bidasubirwaho, ngo yananiwe ku mara intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye, ndetse no kuyitsinda, bikaba bi muri kure nk’u kwezi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibyo abasesenguzi bavuga, nk’uko ibi tubikura ku Kinyamakuru cya Kigali To day.

Umwe mu basesenguzi ukurikiranira hafi politike yo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Hon. Evode Uwizeyimana, avuga ko burigihe uhora ushira ibibazo byawe ko bituruka ahandi, biba ari ukongera ibibi no guhunga icyo wagakwiye gukora kugira ngo birangire.

Yavuze ko ibibazo biri muri RDC Perezida Félix Tshisekedi ko hari bimwe ya sanzeho, kandi bisinziriye, none aho bigeze bikaba birenze ubushobozi bwe bwo kubikemura abihereye mu mizi.

Ikinyamakuru Kigali To day, ki vuga ko iki kiganiro ko cyatambutse kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, mu kiganiro kizwi nka “Waramutse Rwanda,” gica kuri televisiyo Rwanda.

Muri icyo kiganiro, Hon Evode Uwizeyimana, yagize ati: “Ibibazo byo muri Congo bikomoka ku gihe cy’Abakoloni, uko imipaka yagabanijwe, kwe mera ko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda ari abanyekongo ubundi ukabihakana ko ibyo ari ukwivuguruza.”

Avuga ko imyigaragambyo ikunze kubera muri RDC iterwa ngo nokuba ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi na leta Zunze Ubumwe z’Amerika bitamagana u Rwanda.

Ati: “Wa bonye ko bibasira inyubako za Monusco n’imodoka zabo harimo amabendera ya biriya bihugu, ni ukuvuga ko ibyo ngibyo ubwabyo, ni nko gukorwa n’isoni, ntiyemera ko intambara ya munaniye kandi ari yo mahitamo yahisemo.”

Evode yasobanuye ko hatsinda impamvu kuruta uko hatsinda imbunda umuntu afite.

Yagize ati: “Nubwo imbunda na zo zigira icyo zimara ariko umwenegihugu urwanira uburenganzira bwe, we aba yiteguye gupfira ku butaka bwe arwanira, kuruta umucanshuro urwanira inyungu no ku kibazo atazi.”

Iki Kinyamakuru cya komeje kivuga ko hari undi musesenguzi uvuga ko “ngo gufata ingabo ninshi z’ibihugu bitandukanye, zifite imyumvire itandukanye zigahurizwa mu mitwe y’itwaje imbunda, rimwe narimwe itaratojwe neza kandi itazi iby’urugamba, ngo amabwiriza (commandement) y’urugamba nti yahura.”

Bakomeza bati: “Hari abafite impamvu y’u rwango, hari abaje gutabara igihugu batazi impamvu baje kugitabara kubera inyungu z’abayobozi b’i bihugu byabo, abo bose kubahuriza hamwe ukabaha amabwiriza ntabwo byoshoboka habe nagato.”

Basobanura ko urugamba ari impamvu bityo ko niyo wazana ingabo nyinshi, ibikoresho byinshi, ariko impamvu zidahuye utatsinda urugamba.

Intambara ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, akenshi ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buyegeka ku Rwanda na rwo rukabihakana.

Ikiganiro perezida Félix Tshisekedi Tshilombo aheruka gukorana n’itangaza makuru i Kinshasa, kiza no kunyura kuri televisiyo y’igihugu cya RDC, yavuze ko u Rwanda rukijijwe n’amabuye y’agaciro, ndetse nibiribwa rusahura i Gihugu ayo boye.

Muri icyo kiganiro yumvikanishije ko u Rwanda ari rwo ntandaro y’ibibazo RDC ihura nabyo ndetse aza no kwa magana umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) uherutse gusinyana amasezerano n’u Rwanda.

Ibyo kubihoramo sicyo gisubizo.

         MCN.
Tags: EvodeIntambaraTshisekedi yatsinze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Olivier Rumenge Rugeyo, yagize icyavuga ku banyapolitike barema amacyakubiri mu banyekongo.

Olivier Rumenge Rugeyo, yagize icyavuga ku banyapolitike barema amacyakubiri mu banyekongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?