• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, yasabwe kwisobanura ku mpamvu z’uko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi!

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, yasabwe kwisobanura ku mpamvu z’uko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi!
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe kwisobanura ku mpamvu z’uko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi!

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ihuriro rya Lamuka rihuriyemo n’imitwe ya politiki irenga icumi itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ryasabye Tshisekedi gutanga ibisobanura ku buryo M23 utazongera gufata akandi gace nyuma ya Kanyabayonga.

Agace ka Kanyabayonga gaherereye muri teritware zibiri, iya Lubero n’iya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aka gace k’ingenzi kafashwe na m23 ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 28/06/2024, nyuma y’imirwano ikaze yahanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC iminsi ingana n’ukwezi mu nkengero zaka gace.

Nyuma y’uko M23 ifashye Kanyabayonga yirukanye kandi Ingabo za FARDC n’abambari bayo mu birindiro bikomeye byari ahitwa Kirumba, zihunga zerekeza mu mujyi wa Butembo ufatwa nk’uwa Kabiri ukize muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma ya Goma.

Ahagana isaha z’u mugoroba wo ku itariki ya 29/06/2024, Tshisekedi yayoboye inama y’ingabo yahamagajwe igitaraganya iganirirwamo uburyo leta yakwisubiza Kanyabayonga n’ibindi bice byafashwe na M23. Nyuma yaho, Tshilombo, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi yasezeranyije abaturage ko azakora ibishoboka, aba barwanyi bagakurwa muri ibi bice.

Niho umuvugizi wa Lamuka, Prince Epenge azira, aho yatangaje ko Tshisekedi akwiye gusobanura imigambi afite yo kwambura M23 ibice imaze kwigarurira, n’iyo kubuza uyu mutwe gufata ibindi bice.

Yagize ati: “Ihuriro Lamuka rirasaba bwana Perezida Félix Tshisekedi ibisobanuro kugira ngo atubwire ibyo ari gukorera u Burasirazuba bwa RDC ateganya kugira ngo ibyabaye bitazasubira ukundi.”

Epenge yatangaje kandi ko leta ya Kinshasa ifite inshingano yo kurinda umutekano w’abaturage kugira ngo bakore ibikorwa bakesha imibereho n’iterambere, badakomwa mu nkokora n’imitwe irimo ADF ikomoka muri Uganda na FDLR irwanya leta ya Kigali.

Ati: “Abaturage bashaka kujya mu mirima ariko icyo bashaka ni uko bahabwa icyizere ko batazakatwa amajosi cyangwa bakabagwa na ADF na FDLR.”

Kanyabayonga yatumye Abategetsi benshi bo muri Congo bajubangana ni agace k’ingenzi cyane kuko gafatwa nk’amasangano y’ubucuruzi bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kiyongereye ku tundi twafashwe na M23 turimo umujyi wa Bunagana n’agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro ya Coltan.

               MCN.
Tags: FardcKanyabayongaKwisobanuraLamukaM23 itazongera gufata ibindi bice
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yanenze abuvuga ko iki gihugu ko kirimo ubukene.

Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yanenze abuvuga ko iki gihugu ko kirimo ubukene.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?