Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi, we ngwasanga ingabo z’u Rwanda zitamuteye ubwoba nagato.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya Democrasi ya Congo, yavuze ko ingabo z’u Rwanda zidatinyitse kuriwe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 1:19pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perezida wa Repubulika ya Democrasi ya Congo akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’iki gihugu ca Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi, aremeza ko ingabo za RDF, zidateye ubwoba ku buryo ngo zagira icyo zitwara ingabo za Fardc.

Ibi y’abivuze ubwo yakorana ga ikiganiro n’Umuvugizi we, Tina Salama. N’ikiganiro cyatambutse kuri televiziyo na radiyo by’igihugu cya Congo Kinshasa. Tshisekedi yasubiyemo ko ingabo z’u Rwanda zagabye igitero kuri RDC, ngo zibinyujije mu mutwe w’itwaje intwaro wa M23.

Perezida Tshsekedi kandi yavuze ko ingabo za RDC zagaragaje intege nke imbere y’umwanzi yita RDF, kandi ngo si uko azirusha imbaraga, ahubwo yazifatiranyije n’aho yabonye intege nke.

Yagize ati: “Ingabo z’u Rwanda zabyaje umusaruro gusa intege nke zacu. Si uko zikomeye kuturusha, si uko zishirutse ubwoba kuturusha na gato. Ni ukubera ko ahubwo ingabo zacu ziri mu masezerano avangavanze yorohereje umwanzi kwinjira iwacu.”

Uyu Mukuru w’Igihugu yavuze ko intambara ya RDC n’u Rwanda ishoboka ariko ikaba amahitamo ya nyuma, mu gihe uburyo bwashyizweho bwo gukemura amakimbirane y’impande zombi butagira icyo bugeraho. Ngo ategereje ko amahanga arufatira ibihano.

Ariko Leta y’u Rwanda yo ihakana gutera RDC no gufasha M23, ahubwo igasaba amahanga gushyira igitutu ku bategetsi b’iki gihugu cy’abaturanyi kubera ko ibashinja gukorana byahafi n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR, urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda ahagana mumwaka wa 1994.

Tags: Félix TshisekediIngabo z'u Rwandango ntizimuteye ubwobaPerezida
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Igitero cya Mai Mai y'a Batwa, i Kalemi, cyagabwe kukiraro cya Banyamulenge cyahitanye umuntu umwe n'inka ziranyagwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?