• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yahishuye ubu babare bwe kubategetsi batumva icyerekezo cye.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni byatangajwe na perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024.

Ibi Félix Tshisekedi yabitangaje akoresheje urubuga rwa X, agaragaza ko ababajwe n’uko abayobozi bo muri Guverinerinoma ye batumva icyerekezo cye kubijanye no kubaka igihugu.

Tshisekedi yagize ati: Ntabwo nanyuzwe n’imikorere y’u rwego rwa mategeko mu buyobozi bwanjye. Nari niteze ibintu bishya kandi byiza mu bubashya bwa banyamategeko, nk’uko Bibiliya ivuga ko amategeko y’u butabera yubaka igihugu, ariko ikibabaje kuri twe siko byagenze hubwo amategeko asubiza inyuma igihugu cyacu.”

Tshisekedi kandi yavuze ko ntako atagira kugira ngo abayobozi be bumve visiyo ye kugihugu, ariko bikarangira hubwo aba bayobozi bamuteye kubabara.

Ati: “Nakoze ibishoboka byose kugira ngo abantu bumve visiyo yanjye, kandi aha numva ari abayobozi bo muri leta yanjye bakwiye kuyumva cyane, ariko kugeza ubu ntibabyumva, rero mbabajwe no kuvuga ko ntumva niba koko turi mucyerekezo kimwe nabo.”

Ibi abivuze mu gihe leta ye, iremerewe n’intambara zurudaca zikunze kubera mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni intambara zisiga amateka ku mutwe wa M23, ni mugihe ingabo z’uyu mutwe zitsinda ingabo za mahanga Tshisekedi aba yiyambaje zose. Kuri ubu biranavugwa ko indege z’intambara zom’ubwoko bukaze igisirikare cya leta ya Kinshasa bari baraguze mu Bushinwa n’ahandi, ininshi murizo zarashwe na M23 zirasha ziratokombera harimo drone zirenga zitatu zarashwe n’uyu mutwe wa M23, mu mpera z’u kwezi kwa Mbere, uy’u mwaka.

                MCN.
Tags: TshisekediUbutegetsi bwa KinshasaYavuze ikimubabaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Sosiyete sivile yo muri teritware ya Beni, yihanangirije ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwana kinyamwuga bagatsinda M23 yavuzwe muri ibyo bice.

Sosiyete sivile yo muri teritware ya Beni, yihanangirije ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwana kinyamwuga bagatsinda M23 yavuzwe muri ibyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?