• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Akoresheje imbuga nkoranya mbaga, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gushimangira ko Joseph Kabira wahoze ari perezida w’iki gihugu atera inkunga AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Hari hashize amasaha nka 15 bitangajwe ko igihugu cya Zimbabwe cyaburijemo umugambi wa leta ya Kinshasa wo kwivugana Joseph Kabila ndetse na Gen John Numbi wahoze ari umuyobozi mukuru wa Polisi ya RDC.

Ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje, nibwo i Harare muri iki gihugu cya Zimbabwe hari hateraniye inama y’umuryango w’iterambere ry’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo, SADC. Tshisekedi nawe nk’umunyamuryango ukomeye muri uyu muryango (SADC), yari y’itabiriye iyi nama igira iya 44.

Nk’uko byavuzwe, mu kwitabira kwa Tshilombo yari yazananye n’itsinda rigwiriyemo abasirikare bakora mu ishami rishinzwe iperereza, aho ryari rigizwe n’abantu 34, ariko aya makuru akavuga ko ir’itsinda ryarimo ryiyita abacuruzi.

Iri tsinda rero, rya tshumbitse mu ma hotel atatu, kandi ngwakaba yari hafi naho abo ryahigaga bacumbitse.

Iri tsinda ngo ryanahinduranyaga imodoka cyane, ubwo ryari ririmo gushakisha uko rya kwivugana Joseph Kabira, ariko uyu mugambi uza kwikomwa imbere n’igisirikare cy’iki gihugu cya Zimbabwe. Kimweho nta byinshi byatangajwe bigaragaza amayeri Abanyazimbwe bakoresheje mu gupfubya uwo mugambi wa Tshisekedi wo kwica Joseph Kabira.

Mu gihe aya makuru yari amaze gusakazwa ku mbugankoranyambaga, kuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 19/08/2024, perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yahise atangaza ashimangira ko umutera nkunga ukomeye w’ihuriro rya AFC ari bwana Joseph Kabira.

Yagize ati: “Ni ukuri, kandi, mbivuga mbizi neza, Kabira niwe mutera nkunga ukomeye wa AFC.”

Tshisekedi yongeye gutangaza ibi mu gihe mu minsi yavuba, yagiye yumvikana ari gushinja Joseph Kabira gukorana byahafi n’umutwe wa AFC ya Corneille Nangaa.

Bwa mbere Tshisekedi abivuga, yabitangaje ubwo yari i Bruxelles mu Bubiligi, ni mu gihe yasohokaga ibitaro yari amazemo ibyumweru bitatu abirwariyemo, aho yagize ati: “Turabizi ko Joseph Kabira ari mu batera inkunga abarwanya ubutegetsi bwacu. Si byo gukekeranya, oya, ni umwe na M23.”

                MCN.
Tags: BitangajweKo ashaka kwivugana Joseph KabiraNyumaTshisekediYagize icyavugaZimbabwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Impunzi z'Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy'abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?