Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 20, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Akoresheje imbuga nkoranya mbaga, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gushimangira ko Joseph Kabira wahoze ari perezida w’iki gihugu atera inkunga AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Hari hashize amasaha nka 15 bitangajwe ko igihugu cya Zimbabwe cyaburijemo umugambi wa leta ya Kinshasa wo kwivugana Joseph Kabila ndetse na Gen John Numbi wahoze ari umuyobozi mukuru wa Polisi ya RDC.

Ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje, nibwo i Harare muri iki gihugu cya Zimbabwe hari hateraniye inama y’umuryango w’iterambere ry’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo, SADC. Tshisekedi nawe nk’umunyamuryango ukomeye muri uyu muryango (SADC), yari y’itabiriye iyi nama igira iya 44.

Nk’uko byavuzwe, mu kwitabira kwa Tshilombo yari yazananye n’itsinda rigwiriyemo abasirikare bakora mu ishami rishinzwe iperereza, aho ryari rigizwe n’abantu 34, ariko aya makuru akavuga ko ir’itsinda ryarimo ryiyita abacuruzi.

Iri tsinda rero, rya tshumbitse mu ma hotel atatu, kandi ngwakaba yari hafi naho abo ryahigaga bacumbitse.

Iri tsinda ngo ryanahinduranyaga imodoka cyane, ubwo ryari ririmo gushakisha uko rya kwivugana Joseph Kabira, ariko uyu mugambi uza kwikomwa imbere n’igisirikare cy’iki gihugu cya Zimbabwe. Kimweho nta byinshi byatangajwe bigaragaza amayeri Abanyazimbwe bakoresheje mu gupfubya uwo mugambi wa Tshisekedi wo kwica Joseph Kabira.

Mu gihe aya makuru yari amaze gusakazwa ku mbugankoranyambaga, kuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 19/08/2024, perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yahise atangaza ashimangira ko umutera nkunga ukomeye w’ihuriro rya AFC ari bwana Joseph Kabira.

Yagize ati: “Ni ukuri, kandi, mbivuga mbizi neza, Kabira niwe mutera nkunga ukomeye wa AFC.”

Tshisekedi yongeye gutangaza ibi mu gihe mu minsi yavuba, yagiye yumvikana ari gushinja Joseph Kabira gukorana byahafi n’umutwe wa AFC ya Corneille Nangaa.

Bwa mbere Tshisekedi abivuga, yabitangaje ubwo yari i Bruxelles mu Bubiligi, ni mu gihe yasohokaga ibitaro yari amazemo ibyumweru bitatu abirwariyemo, aho yagize ati: “Turabizi ko Joseph Kabira ari mu batera inkunga abarwanya ubutegetsi bwacu. Si byo gukekeranya, oya, ni umwe na M23.”

                MCN.
Tags: BitangajweKo ashaka kwivugana Joseph KabiraNyumaTshisekediYagize icyavugaZimbabwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Impunzi z'Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy'abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?