• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi avuga nyuma y’uko bitangajwe ko yari ashaka kwivugana Joseph Kabira.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Akoresheje imbuga nkoranya mbaga, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gushimangira ko Joseph Kabira wahoze ari perezida w’iki gihugu atera inkunga AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23.

Hari hashize amasaha nka 15 bitangajwe ko igihugu cya Zimbabwe cyaburijemo umugambi wa leta ya Kinshasa wo kwivugana Joseph Kabila ndetse na Gen John Numbi wahoze ari umuyobozi mukuru wa Polisi ya RDC.

Ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje, nibwo i Harare muri iki gihugu cya Zimbabwe hari hateraniye inama y’umuryango w’iterambere ry’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo, SADC. Tshisekedi nawe nk’umunyamuryango ukomeye muri uyu muryango (SADC), yari y’itabiriye iyi nama igira iya 44.

Nk’uko byavuzwe, mu kwitabira kwa Tshilombo yari yazananye n’itsinda rigwiriyemo abasirikare bakora mu ishami rishinzwe iperereza, aho ryari rigizwe n’abantu 34, ariko aya makuru akavuga ko ir’itsinda ryarimo ryiyita abacuruzi.

Iri tsinda rero, rya tshumbitse mu ma hotel atatu, kandi ngwakaba yari hafi naho abo ryahigaga bacumbitse.

Iri tsinda ngo ryanahinduranyaga imodoka cyane, ubwo ryari ririmo gushakisha uko rya kwivugana Joseph Kabira, ariko uyu mugambi uza kwikomwa imbere n’igisirikare cy’iki gihugu cya Zimbabwe. Kimweho nta byinshi byatangajwe bigaragaza amayeri Abanyazimbwe bakoresheje mu gupfubya uwo mugambi wa Tshisekedi wo kwica Joseph Kabira.

Mu gihe aya makuru yari amaze gusakazwa ku mbugankoranyambaga, kuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 19/08/2024, perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yahise atangaza ashimangira ko umutera nkunga ukomeye w’ihuriro rya AFC ari bwana Joseph Kabira.

Yagize ati: “Ni ukuri, kandi, mbivuga mbizi neza, Kabira niwe mutera nkunga ukomeye wa AFC.”

Tshisekedi yongeye gutangaza ibi mu gihe mu minsi yavuba, yagiye yumvikana ari gushinja Joseph Kabira gukorana byahafi n’umutwe wa AFC ya Corneille Nangaa.

Bwa mbere Tshisekedi abivuga, yabitangaje ubwo yari i Bruxelles mu Bubiligi, ni mu gihe yasohokaga ibitaro yari amazemo ibyumweru bitatu abirwariyemo, aho yagize ati: “Turabizi ko Joseph Kabira ari mu batera inkunga abarwanya ubutegetsi bwacu. Si byo gukekeranya, oya, ni umwe na M23.”

                MCN.
Tags: BitangajweKo ashaka kwivugana Joseph KabiraNyumaTshisekediYagize icyavugaZimbabwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Impunzi z'Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy'abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?