Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, yahawe itariki ntarengwa yokuba yamaze kuzinga akava k’u butegetsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya politike, “Alliance Fleuve Congo,” rikaba rifite n’Igisirikare, riheruka kuvukira mu Gihugu ca Kenya, ryahaye umunsi ntarengwa perezida Félix Tshisekedi, kuva ku butegetsi bitaba ibyo akotswaho igitutu.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ibi biri mw’itangazo ryasohowe na Corneille Nangaa, ukuriye uriya mutwe wa AFC, aho yabwiye Perezida Félix Tshisekedi, ko itariki ntarengwa agomba gusezera ubutegetsi ari kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/12/2023.

N’itangazo rigira riti: “AFC, irizeza abaturage ba banyekongo ko iri munzira nziza kugira ngo ibakure mu kaga. Turizera neza ko guhera tariki 21/12/2023, perezida Félix Tshisekedi azaba atakiri perezida wa RDC. Yewe niyo yagerageza ngo azanyure munzira za magendu ntibizakunda.”

Nangaa, wigeza kuyobora Komisiyo y’Amatora muri RDC, umwaka w’ 2018 hamwe n’ihuriro rye bavuze ko Intego nyamukuru y’ishyaka ryabo ari “Ugushiraho iherezo ubutegetsi bwa leta ya perezida Félix Tshisekedi,” ubutegetsi bavuga ko bwaranzwe n’ibinyoma n’ubujura ndetse n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange.

Ririya tangazo rikomeza rivuga riti: “Ntakindi gihe cyo gufusha ubusa gihari. i Nama duha Perezida Félix Tshisekedi, n’uko igihe kimushiranye.”

Uyu muyobozi wa AFC, yanasabye inshuti za Tshisekedi nabo mu muryango we kuburira Perezida Félix Tshisekedi, kuzinga utwe akagenda inzira zikigendwa ko mugihe yatinze inzira yozamubana “ngufi.”

Nangaa nabo bafatanije bahaye Tshisekedi umunsi ntarengwa wo kuva k’ubutegetsi, mugihe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, muri iki gihugu b’injiye mubihe by’Amatora. Ni Amatora na Tshisekedi yiyamajemo anasezenya abanyekongo kuzabakorera ibintu bikaze birimo no kumaraho icyo yise umwanzi wa Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Félix TshisekediYahawe itariki ntarengwaYokuba yamaze kuzinga akava k'u butegetsi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

Dore uko umutekano w'amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?