Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, yahawe itariki ntarengwa yokuba yamaze kuzinga akava k’u butegetsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya politike, “Alliance Fleuve Congo,” rikaba rifite n’Igisirikare, riheruka kuvukira mu Gihugu ca Kenya, ryahaye umunsi ntarengwa perezida Félix Tshisekedi, kuva ku butegetsi bitaba ibyo akotswaho igitutu.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi biri mw’itangazo ryasohowe na Corneille Nangaa, ukuriye uriya mutwe wa AFC, aho yabwiye Perezida Félix Tshisekedi, ko itariki ntarengwa agomba gusezera ubutegetsi ari kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/12/2023.

N’itangazo rigira riti: “AFC, irizeza abaturage ba banyekongo ko iri munzira nziza kugira ngo ibakure mu kaga. Turizera neza ko guhera tariki 21/12/2023, perezida Félix Tshisekedi azaba atakiri perezida wa RDC. Yewe niyo yagerageza ngo azanyure munzira za magendu ntibizakunda.”

Nangaa, wigeza kuyobora Komisiyo y’Amatora muri RDC, umwaka w’ 2018 hamwe n’ihuriro rye bavuze ko Intego nyamukuru y’ishyaka ryabo ari “Ugushiraho iherezo ubutegetsi bwa leta ya perezida Félix Tshisekedi,” ubutegetsi bavuga ko bwaranzwe n’ibinyoma n’ubujura ndetse n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange.

Ririya tangazo rikomeza rivuga riti: “Ntakindi gihe cyo gufusha ubusa gihari. i Nama duha Perezida Félix Tshisekedi, n’uko igihe kimushiranye.”

Uyu muyobozi wa AFC, yanasabye inshuti za Tshisekedi nabo mu muryango we kuburira Perezida Félix Tshisekedi, kuzinga utwe akagenda inzira zikigendwa ko mugihe yatinze inzira yozamubana “ngufi.”

Nangaa nabo bafatanije bahaye Tshisekedi umunsi ntarengwa wo kuva k’ubutegetsi, mugihe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, muri iki gihugu b’injiye mubihe by’Amatora. Ni Amatora na Tshisekedi yiyamajemo anasezenya abanyekongo kuzabakorera ibintu bikaze birimo no kumaraho icyo yise umwanzi wa Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Félix TshisekediYahawe itariki ntarengwaYokuba yamaze kuzinga akava k'u butegetsi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Dore uko umutekano w'amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?