• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, yahawe itariki ntarengwa yokuba yamaze kuzinga akava k’u butegetsi.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya politike, “Alliance Fleuve Congo,” rikaba rifite n’Igisirikare, riheruka kuvukira mu Gihugu ca Kenya, ryahaye umunsi ntarengwa perezida Félix Tshisekedi, kuva ku butegetsi bitaba ibyo akotswaho igitutu.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibi biri mw’itangazo ryasohowe na Corneille Nangaa, ukuriye uriya mutwe wa AFC, aho yabwiye Perezida Félix Tshisekedi, ko itariki ntarengwa agomba gusezera ubutegetsi ari kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/12/2023.

N’itangazo rigira riti: “AFC, irizeza abaturage ba banyekongo ko iri munzira nziza kugira ngo ibakure mu kaga. Turizera neza ko guhera tariki 21/12/2023, perezida Félix Tshisekedi azaba atakiri perezida wa RDC. Yewe niyo yagerageza ngo azanyure munzira za magendu ntibizakunda.”

Nangaa, wigeza kuyobora Komisiyo y’Amatora muri RDC, umwaka w’ 2018 hamwe n’ihuriro rye bavuze ko Intego nyamukuru y’ishyaka ryabo ari “Ugushiraho iherezo ubutegetsi bwa leta ya perezida Félix Tshisekedi,” ubutegetsi bavuga ko bwaranzwe n’ibinyoma n’ubujura ndetse n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange.

Ririya tangazo rikomeza rivuga riti: “Ntakindi gihe cyo gufusha ubusa gihari. i Nama duha Perezida Félix Tshisekedi, n’uko igihe kimushiranye.”

Uyu muyobozi wa AFC, yanasabye inshuti za Tshisekedi nabo mu muryango we kuburira Perezida Félix Tshisekedi, kuzinga utwe akagenda inzira zikigendwa ko mugihe yatinze inzira yozamubana “ngufi.”

Nangaa nabo bafatanije bahaye Tshisekedi umunsi ntarengwa wo kuva k’ubutegetsi, mugihe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, muri iki gihugu b’injiye mubihe by’Amatora. Ni Amatora na Tshisekedi yiyamajemo anasezenya abanyekongo kuzabakorera ibintu bikaze birimo no kumaraho icyo yise umwanzi wa Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Félix TshisekediYahawe itariki ntarengwaYokuba yamaze kuzinga akava k'u butegetsi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Dore uko umutekano w'amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?