• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi, yarahiye arirenza ko atigeze aja kubutegetsi kubera Joseph Kabila.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko atageze kubutegetsi kubera Joseph Kabila wahoze ari perezida wiki gihugu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yarahiye arirenga akurira abantu inzira ku murima, yemeza abamaze igihe bakwirakwiza iyo nkuru ko atari ukuri.

Mu Matora yo mu mwaka wa 2018, bigaragaza ko Tshisekedi ari we waje ku mwanya wa mbere, agakurikirwa na Martin Fayulu wahabwaga amahirwe menshi mu gihe ku mwanya wa gatatu haje Emmanuel Ramazani Shadary wari watanzwe n’ishyaka rya Kabila.

Ni ubwa mbere hari habayeho guhererekanya ubutegetsi binyuze mu mategeko kuva RDC yabona ubwigenge mu 1960.

Icyo gihe Martin Fayulu yahise afata icyemezo cyo kurega mu rukiko rurinda itegeko nshinga ariko biza kuba imfabusa.

Kiliziya Gatolika muri Congo ubwo amatora ya Perezida yarangiraga, yatangaje ko ifite ibihamya by’uko Fayulu ari we watsinze icyakora yarushijwe imbaraga n’ubutegetsi bwa Kabila bwari bukomeye kuri Tshisekedi.

Fayulu ntiyahwemye kuvuga ko uwayatsinze yagenwe kugira ngo akomeze ubutegetsi bwa Joseph Kabila.

Byabaye bibi kurushaho ubwo Tshisekedi yashwanaga n’ihuriro rya mashyaka y’ibumbiye muri FCC ya Kabila aza nogusenya Guverinoma bari bahuriyemo.

Jean Mbuyu Luyongola wahoze ari umujyanama wihariye wa Perezida Joseph Kabila mu bijyanye n’umutekano, yahishuye ko Tshisekedi atigize atsinda amatora ya Perezida mu 2018, ahubwo ngo habayeho kubyumvikanaho n’uruhande rwa Kabila.

Yagize ati “Noherejwe kujya kuganira na Fayulu, arampakanira ambwira ko ntabyo kumvikana, ati’ ningera ku butegetsi nzabashyira muri gereza’. Twahise tujya kureba rero Felix, ni uko ubutegetsi bwe bwaje.”

Ibyavuzwe na Luyongola byaje bikurikira ibyo Perezida Emmanuel Macron yavugiye mu ruzinduko yagiriye i Kinshasa mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka.

Perezida Emmanuel Macron yavuze ko bazi neza uburyo Tshisekedi yagiye ku butegetsi ko ibyakozwe mu matora byose babizi akantu ku kandi.

Ni mu gihe kandi na Corneille Nangaa wayoboye Komisiyo y’Amatora mu bihe bikomeye ku bwa Perezida Joseph Kabila, ari na we wateguye amatora yasize Tshisekedi ku butegetsi aherutse kuvuga ko Tshisekedi yashyizweho na Kabila.

Mu kiganiro n’itangazamakuru ku mugoroba wo ku wa 19/09/2023, Perezida Tshisekedi yashimangiye ko nta ruhare na ruto Kabila yagize kugira ngo yegukane intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka wa 2018.

Yavuze ko nta bwumvikane bwo kwiba amatora bwabaye hagati y’uwayatsinze na Joseph Kabila yasimbuye.

Yagize ati “Njyewe natsinze amatora, nzi ko nakuyemo umusaruro, ntabwo nagiye muri ibyo bintu.”

Perezida Tshisekedi yemeza ko hari byinshi yagezeho muri manda ya mbere agiye gusoza ku buryo, asaba abanyekongo kuzamuha amajwi mu matora yo 12/20/2023 ngo akomeze ababere perezida.

By Bruce Bahanda.

Tariki 20/09/2023.

Tags: Félix TshisekediYarahiye arirenza ko atigeze aja kubutegetsi kubera Joseph Kabila
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Abahihinzi bagabweho igitero muri teritware ya Beni, umuntu mwe arapfa undi arakomereka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?