• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yayoboye indi nama igamije guhashya umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwe.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yayoboye indi nama igamije guhashya umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yayoboye indi nama igamije guhashya umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwe.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni nama yabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu iherereye i Kinshasa, yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05/07/2024, ikaba yarayobowe na Perezida Félix Tshisekedi, ibyuhitirwa muri iyi nama byari byerekeye umutekano muke wo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi nama, Tshisekedi yari yayihamagayemo abasirikare bakuru mu ngabo ze, minisitiri w’intebe, minisitiri w’ingabo n’abandi banyacyubahiro barimo n’umuvugizi wa Guverinoma.

Patrick Muyaya arinawe uvugira leta ya Kinshasa, yatangaje ko Tshisekedi ahangayikishijwe n’umutekano muke ukomeje kugaragara mu Burasirazuba bwa RDC by’u mwihariko ifatwa rya Kanyabayonga, ibyatumye ashyiraho ‘Task Force’ ishinzwe umutekano kandi ikazaja imukurikiranira uko ibintu byifashe ku rugamba ingabo z’iki gihugu zihanganyemo na M23.

Yavuze ko iritsinda Tshisekedi yashizeho rizajya riterana buri Cyumweru mu rwego rwo gusuzuma uko ibintu byifashe no kugaragaza ba nyirabayazana mu guteza umutekano muke.

Inama ya mbere y’iritsinda rigizwe n’abasirikare ndetse n’abapolisi bakuru na Tshisekedi, yabaye mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu, rimugezaho raporo y’uko kuri ubu ibintu byifashe ku murongo w’urugamba.

Ay’amakuru avuga ko Tshisekedi yahise ategeka ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ‘gutangiza ibikwiye mu rwego rwo kurinda ubusugire bw’igihugu.’

Perezida Félix Tshisekedi yatanze iryo tegeko mu gihe leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku wa Kane yari yatangaje ko impande zihanganye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru zihagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri, mu rwego rwo gufasha abakora ibikorwa by’ubutabazi kwita kubagizweho ingaruka n’intambara.

            MCN.
Tags: InamaKinshasaTshisekediYo kurwanya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe ubusobanuro bwi mbitse ku bandi basirikare ba FARDC baburanishijwe bazira guhunga M23.

Hatanzwe ubusobanuro bwi mbitse ku bandi basirikare ba FARDC baburanishijwe bazira guhunga M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?