• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko nta muntu n’umwe azatakambira ngo amuhe uruhushya rwo kubaho cyangwa rwo gutuma abaturage b’u Rwanda babaho.

Ubu butumwa perezida Kagame yabutangarije mu nama iri kubera i Addis-Ababa muri Ethiopia y’umuryango w’Afrika Yunze Ubumwe yiga ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Kagame muri iyi nama yagize ati: “Ntituba tukigifite. Dufite abantu bavuga ibinyoma kandi nta mpamvu.”

Ubwo yarimo atanga iri jambo yagaragaje ko hari abakerensa umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ugizwe n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, bakavuga ko itariho cyangwa ari ikintu kigomba gufatwa nk’ikitagize icyo gitwaye, baba bapfobya amateka.

Ati: “Kuki mu mitwe ya bamwe, FDLR itariho? Cyangwa se kuki ari ikintu kigomba gufatwa nk’ikitagize icyo gitwaye? Iyo ugikerensheje utyo, uba urimo upfobya amateka yanjye, kandi sinabikwemerera. Uwo waba uri we wese.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yashimamangiye ko nta muntu n’umwe azatakambira ngo umuhe uruhushya rwo kubaho cyangwa rwo gutuma Abanyarwanda babaho.

Yagize ati: “Nzaharanira kubaho kuko ari uburenganzira bwanjye. Ni ibyo.”

Kagame yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa ibibazo bya RDC, kuko u Rwanda rufite ibibazo birureba.

Ati: “Ni gute RDC itekereza ko ibibazo byayo byose bituruka hanze yayo, dore ko ari na byo bituma ishakira ibisubizo hanze yayo! U Rwanda nta ho ruhuriye n’ibibazo bya Congo. Twifitiye ibyacu bibazo duhanganye na byo . Congo ni nini cyane kuburyo u Rwanda rutabashya kuyiheka ku mugongo warwo.”

Yakomeje agira ati: “Turi igihugu gito cyane, turakenye, ariko iyo ari ikibazo kireba uburenganzira bwacu bwo kubaha, ntimukibeshye. Nta muntu ndimo gutakambira, nta n’umwe nzatakambira.”

Umutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, ukomeje kudogera ni mu gihe ingabo za FARDC n’abambari bazo bakomeje kwica abasivili , kuko M23 ikomeje kuyirukana ari nako uyu mutwe ugenda ufata imijyi ikomeye. Mu byumweru bitatu bishize, wafashe umujyi wa Goma, ahar’ejo naho ufata umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibihugu bikomeye n’imiryango ikomeye isaba perezida Félix Tshisekedi kuganira n’uyu mutwe ariko kubyemera byabaye ikibazo.

Tags: M23U RwandaUmutekano
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bari guhohoterwa mu Burundi bazira ubwoko bwabo “Abatutsi.”

Abanyamulenge bari guhohoterwa mu Burundi bazira ubwoko bwabo "Abatutsi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?