• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yageneye ubutumwa abavuga ko azabapfukamira.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko nta muntu n’umwe azatakambira ngo amuhe uruhushya rwo kubaho cyangwa rwo gutuma abaturage b’u Rwanda babaho.

Ubu butumwa perezida Kagame yabutangarije mu nama iri kubera i Addis-Ababa muri Ethiopia y’umuryango w’Afrika Yunze Ubumwe yiga ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Kagame muri iyi nama yagize ati: “Ntituba tukigifite. Dufite abantu bavuga ibinyoma kandi nta mpamvu.”

Ubwo yarimo atanga iri jambo yagaragaje ko hari abakerensa umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ugizwe n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, bakavuga ko itariho cyangwa ari ikintu kigomba gufatwa nk’ikitagize icyo gitwaye, baba bapfobya amateka.

Ati: “Kuki mu mitwe ya bamwe, FDLR itariho? Cyangwa se kuki ari ikintu kigomba gufatwa nk’ikitagize icyo gitwaye? Iyo ugikerensheje utyo, uba urimo upfobya amateka yanjye, kandi sinabikwemerera. Uwo waba uri we wese.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yashimamangiye ko nta muntu n’umwe azatakambira ngo umuhe uruhushya rwo kubaho cyangwa rwo gutuma Abanyarwanda babaho.

Yagize ati: “Nzaharanira kubaho kuko ari uburenganzira bwanjye. Ni ibyo.”

Kagame yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa ibibazo bya RDC, kuko u Rwanda rufite ibibazo birureba.

Ati: “Ni gute RDC itekereza ko ibibazo byayo byose bituruka hanze yayo, dore ko ari na byo bituma ishakira ibisubizo hanze yayo! U Rwanda nta ho ruhuriye n’ibibazo bya Congo. Twifitiye ibyacu bibazo duhanganye na byo . Congo ni nini cyane kuburyo u Rwanda rutabashya kuyiheka ku mugongo warwo.”

Yakomeje agira ati: “Turi igihugu gito cyane, turakenye, ariko iyo ari ikibazo kireba uburenganzira bwacu bwo kubaha, ntimukibeshye. Nta muntu ndimo gutakambira, nta n’umwe nzatakambira.”

Umutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, ukomeje kudogera ni mu gihe ingabo za FARDC n’abambari bazo bakomeje kwica abasivili , kuko M23 ikomeje kuyirukana ari nako uyu mutwe ugenda ufata imijyi ikomeye. Mu byumweru bitatu bishize, wafashe umujyi wa Goma, ahar’ejo naho ufata umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibihugu bikomeye n’imiryango ikomeye isaba perezida Félix Tshisekedi kuganira n’uyu mutwe ariko kubyemera byabaye ikibazo.

Tags: M23U RwandaUmutekano
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bari guhohoterwa mu Burundi bazira ubwoko bwabo “Abatutsi.”

Abanyamulenge bari guhohoterwa mu Burundi bazira ubwoko bwabo "Abatutsi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?