• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in Religion
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

You might also like

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko ntacyizana.

Hari mu kiganiro uyu mukuru w’iki gihugu cy’u Rwanda yagiranye n’abanyamakuru, maze bamusaba gutanga inama ku rubyiruko, ruri mu gihe cy’iterambere, ikorana buhanga, mu gihe runashobora gusinda amahoro.

Maze na we asubiza ati: “Icyo nabwira urubyiruko n’abakuru, twebwe n’abandi babyara urwo rubyiruko. Nta kintu cyizana ngo abantu bakibone, bagitunge, bakigereho batagikoreye.”

Kagame yavuze ko no mu bihe by’urugamba rwo kubohora igihugu hari abantu bari bakiri bato barugiyemo, ariko hari n’abandi baruhunze, bakarugendera kure, wababwira bagashaka izindi mpamvu.

Yagize ati: “Byose biva mu burere; uburere bw’ababyeyi, ubw’igihugu, biva no mu burere bwa politiki: ukabitoza abantu, ukabihozaho, ukabigisha. Mu icumi wigishije, havamo batanu, waba uri umunyamahirwe hakavamo batandatu bazima.”

Yavuze ko hakenewe imbaraga zihoraho mu kwigisha urubyiruko, kuko hari ababyungukiramo.

Yagize ati: “Abayobozi, aho bari hose, bagakora ibyo bakwiye gukora. N’iyo byaba bidahuye n’ibyo bakwiye kwigisha, yabona umwanya agashyiramo wa murongo, akigisha abana ibintu byo gufata ibiyobyabwenge, ibintu byo kunywa inzoga , bakaziririmba, bakazogeza. Discipline cyangwa se ikinyabufura birakenewe, ni ngombwa.”

Yasoje kuri iyi ngingo avuga ko abana bakwiye kureka kunywa inzoga, ngo kuko abo zica babonwa buri munsi.

Tags: RwishyoraUbusinziUrubyirukoYagiriye inama
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, Umushumba wa Diyosezi ya Goma, yashimiye byimazeyo ihuriro ry’AFC/M23 ku mutekano rimaze kugarura mu mujyi...

Read moreDetails

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Libani, Papa Leo yasabiye amahoro igihugu cyibasiwe n’imyaka myinshi...

Read moreDetails

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine Mu rugendo rwe rwerekeza muri Libani avuye muri Turikiya,...

Read moreDetails

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga...

Read moreDetails

Menya amateka ya Rev. Mudagiri Tabazi witabye Imana

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Menya amateka ya Rev. Mudagiri Tabazi witabye Imana

Menya amateka ya Rev. Mudagiri Tabazi witabye Imana Reverend Mudagiri Tabazi, umwe mu bakozi b’Imana bubashywe cyane mu Banyamulenge no mu yandi moko yo muri Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?