• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in Religion
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

You might also like

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko ntacyizana.

Hari mu kiganiro uyu mukuru w’iki gihugu cy’u Rwanda yagiranye n’abanyamakuru, maze bamusaba gutanga inama ku rubyiruko, ruri mu gihe cy’iterambere, ikorana buhanga, mu gihe runashobora gusinda amahoro.

Maze na we asubiza ati: “Icyo nabwira urubyiruko n’abakuru, twebwe n’abandi babyara urwo rubyiruko. Nta kintu cyizana ngo abantu bakibone, bagitunge, bakigereho batagikoreye.”

Kagame yavuze ko no mu bihe by’urugamba rwo kubohora igihugu hari abantu bari bakiri bato barugiyemo, ariko hari n’abandi baruhunze, bakarugendera kure, wababwira bagashaka izindi mpamvu.

Yagize ati: “Byose biva mu burere; uburere bw’ababyeyi, ubw’igihugu, biva no mu burere bwa politiki: ukabitoza abantu, ukabihozaho, ukabigisha. Mu icumi wigishije, havamo batanu, waba uri umunyamahirwe hakavamo batandatu bazima.”

Yavuze ko hakenewe imbaraga zihoraho mu kwigisha urubyiruko, kuko hari ababyungukiramo.

Yagize ati: “Abayobozi, aho bari hose, bagakora ibyo bakwiye gukora. N’iyo byaba bidahuye n’ibyo bakwiye kwigisha, yabona umwanya agashyiramo wa murongo, akigisha abana ibintu byo gufata ibiyobyabwenge, ibintu byo kunywa inzoga , bakaziririmba, bakazogeza. Discipline cyangwa se ikinyabufura birakenewe, ni ngombwa.”

Yasoje kuri iyi ngingo avuga ko abana bakwiye kureka kunywa inzoga, ngo kuko abo zica babonwa buri munsi.

Tags: RwishyoraUbusinziUrubyirukoYagiriye inama
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
October 6, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

CEPAC na CADEC nyuma y'igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye Itorero rya 8ème CEPAC n'irya 37ème CADEC, amakanisa akorera mu misozi miremire y'i Mulenge ataracanaga uwaka...

Read moreDetails

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

by Bahanda Bruce
October 5, 2025
0
Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y'Imana Umushumba w'itorero rya All National Assemblies of God, rifite icyicaro gikuru i Nakivale mu majy'Epfo y'igihugu cya Uganda, Reverend Misigaro...

Read moreDetails
Next Post

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?