• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yavuganye n’abayobozi ba Amerika ku by’umutekano wa RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yavuganye n’abayobozi ba Amerika ku by’umutekano wa RDC
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yavuganye n’abayobozi ba Amerika ku by’umutekano wa RDC

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Paul Kagame wa Repubulika y’u Rwanda yaganiriye n’umujyanama kubyerekeye Africa wa perezida Donald Trump, iby’umutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’uwa karere k’ibiyaga bigari kose muri rusange.

Aya makuru yashyizwe hanze n’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 09/10/2025.

Byavuze ko perezida w’u Rwanda yaganiriye n’umujyanama wa perezida Donald Trump ku byerekeye Afrika, Mossad Boulos ku muhate ukomeje gushyirwaho mukuzana amahoro mu karere k’ibiyaga bigari ndetse n’uko u Rwanda rukomeje guharanira amahoro arambye n’umutekano bya karere.

Iyi Amerika ikaba ntako itagira mu guharanira ko amahoro arambye yagaruka mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibi yabiharaniye kenshi, kuko igenda ihuza u Rwanda na RDC. Tariki ya 27/06/2025, ibyo bihugu byombi yabihurije i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika biraganira kugeza ubwo byanasinyanye n’amasezerano y’amahoro hagati yabyo byombi.

Ayo masezerano arimo ingingo nyinshi zigamije kugarura amahoro mu karere no gukuraho umwuka mubi wa Politiki n’uw’intambara ibera muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ibice bipakanye n’u Rwanda .

Arimo kandi ingingo zigaruka kukubahana no kubaha ubusugire bwaburi gihugu no gukumira amakimbirane, guhagarika imirwano, kwambura intwaro no gushyira mu buzima busanzwe imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’indi.

Arimo gushyiraho itsinda rihuriweho rigenzura ibijyanye n’umutekano gufasha gucyura impunzi, gushyigikira ubutumwa bw’ingabo z’umuryango w’Abibumbye ziri muri RDC no gushyiraho uburyo bw’imikorere mu by’ubukungu mu karere.

Hejuru y’ibyo ibi bihugu byombi byemeranyije kandi gahunda yo kurwanya no gusenya burundu umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Bikaba biteganyijwe ko kurandura uyu mutwe byaburundu bizatangira hagati ya tariki ya 21 na 30 z’ukwezi kwa cumi uyu mwaka wa 2025, ariko gahunda iyibanziriza yo kubitegura ikaba yaratangiye mu cyumweru gishize.

Tags: Mossad BoulosPaul KagameRdc
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yagaragaje uburyo itewe ipfunwe na Nangaa ukangaranya igihugu cyabo kizwiho ubuhangange

FARDC yagaragaje uburyo itewe ipfunwe na Nangaa ukangaranya igihugu cyabo kizwiho ubuhangange

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?