• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Kagame yavuze amagambo akomeye ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2025
in World News
0
Perezida Kagame yavuze amagambo akomeye ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.
114
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yavuze amagambo akomeye ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje ikibazo muzi cy’u mutekano muke umaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari mu kiganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’itangaza makuru i Kigali kuri uyu wa kane tariki ya 09/1/2025.

Muri iki kiganiro perezida Kagame yatinze ku kibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yavuze ko iki kibazo gifata umuzi mu mateka ya Congo ubwayo ashingiye cyane ku bukoloni bakase imipaka nabi.

Yagize ati: “Abagize uruhare mu mateka y’ubukoloni, banenzwe kubera uruhare rwabo, buri gihe bananirwa gukora igikwiriye. Uzasanga hari amatsinda bashinze, bayita “amatsinda y’impuguke,” impuguke mu b’iki? Uzabona izi mpuguke ziyobowe n’abantu baza bagasisibiranya uruhare rwabo.”

Perezida Paul Kagame yahakanye inkunga iyo ari yo yose u Rwanda rushinjwa gutera M23. Yagaragaje ko uwo mutwe ugizwe n’Abanyekongo barwanira uburenganzira bwabo kandi ko bajya gutera badaturutse mu Rwanda.

Ati: Ahari abagize umutwe wa M23 bashobora kuba bafite inkomoko mu Rwanda, mbere y’uko mvuka nanjye ubwanjye.”

Yavuze ko kuba bari sanze muri RDC bishingiye ku mateka y’ubukoloni, yasize imipaka iciwe bakisanga muri RDC.

Ati: “Ntabwo bashobora kubwira uwo ari we wese ko abantu bari kurwana uyu munsi , baturutse mu Rwanda. Ntabwo baturutse mu Rwanda.Aba bayobozi ba M23 n’umubare munini w’abarwanyi babo, baturutse muri Uganda aho bari impunzi ku bw’ibibazo byo mu 2012/2013 ubwo aba bantu bahungiraga muri Uganda abandi bakaza hano, abaje hano bari 500-600, twabambuye imbunda tuzisubiza Guverinoma ya Kinshasa icyo gihe.”

Yashinje imiryango mpuzamahanga gutera inkunga umutwe wa FDLR ubarizwa ku butaka bwa RDC, umutwe wa shinzwe n’abasize bakoze jenoside mu Rwanda.

Yanavuze kandi ko umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC ufitemo uruhare abategetsi ba Congo ubwabo. Yabashinje kwica abaturage babo ku manywa yihangu.

Ati: “Iki kibazo ntikigoye kuburyo kitakemuka, cyakemuka, gishobora kurangira. Cyagakwiye kuba cyarangiye mu gihe kinini gishize, ariko nticyakemuka bishingiye ku buryarya no gukina imikino.”

Perezida Paul Kagame yavuze ko yari yarahisemo kuba yirinze kugira byinshi avuga kuri iki kibazo. Ndetse kandi yavuze ko yagiriye inama abategetsi ba RDC kwirinda gufatanya n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe ariko barinangira. Yashimangiye ko umutekano w’u Rwanda n’inkengero zarwo bizakomeza kurindwa kukiguzi cyose gishoboka.

Nyamara kandi yavuze ku biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushakira akarere amahoro n’umutekano, Kagame avuga ko Congo igira uruhare mu gutuma biriya biganiro bitagira umusaruro.

Mu busanzwe u Rwanda na Congo Kinshasa bihora byitana bamwana ku kibazo cy’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Kigali ishinja Congo guha ubufasha no gucumbikira umutwe wa FDLR, no kwibasira Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.

Congo na yo ishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Tags: Paul KagameRdcUbukoloniUmutekano
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego Intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati, aho igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bishya by’indege ku nkengero z’amajyepfo...

Read moreDetails

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Auto Draft

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze Intambara iri hagati ya Iran, Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zagabye igitero gikomeye cyibasiye ibikorwa by’ingenzi byari bigize gahunda ya misile ziraswa...

Read moreDetails

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga Intambara iri guhuza Iran n’ihuriro rigizwe na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Ibyifatwa rya centre ya Masisi, FARDC yongeye kwivuguruza.

Ibyifatwa rya centre ya Masisi, FARDC yongeye kwivuguruza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?